Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Zekariya 7:2 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

2 Ubwo Beteli‐Sareseri icyegera cy’umwami, we n’abantu be bohereza intumwa zo kurura Uhoraho, Umugaba w’ingabo,

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

2 Ubwo ab'i Beteli bari batumye Shareseri na Regemumeleki n'abagaragu babo ngo baze gusaba Uwiteka umugisha,

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

2 Abanyabeteli bari barohereje intumwa ziyobowe na Sareseri na Regemeleki ngo zijye gutakambira Uhoraho

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

2 Abanyabeteli bari barohereje intumwa ziyobowe na Sareseri na Regemeleki ngo zijye gutakambira Uhoraho

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Zekariya 7:2
11 Iomraidhean Croise  

Umwami abwira umuntu w’Imana, agira ati «Inginga Uhoraho, Imana yawe, unsabire, ikiganza cyanjye kingarukire.» Umuntu w’Imana yinginga Uhoraho, ikiganza cy’umwami kirakira, gisubira uko cyari kimeze mbere.


ab’i Beteli n’i Hayi: 223;


bityo bashobore gutura Imana Nyir’ijuru ibitambo byo kumugusha neza kandi basabire umwami n’abana be kuramba.


Musa yurura Uhoraho Imana ye, avuga ati «Mbese Uhoraho, kuki uburakari bwawe bwagurumanira umuryango wawe, wivaniye ubwawe mu gihugu cya Misiri ukoresheje ububasha bukaze bw’ukuboko kwawe?


Amatungo magufi yose y’i Kedari azakoranyirizwa iwawe, za rugeyo z’i Nebayoti uzazitureho ibitambo; zizajye ku rutambiro rwanjye, zishimwe. Ni koko, nzatuma Ingoro ibengerana ikuzo ryanjye.


Hari ubwo se Hezekiya, umwami wa Yuda n’imbaga ye bigeze bica uwo muhanuzi? Ahubwo ntibagaragarije Uhoraho icyubahiro, bagahagurukira kumwurura? Uhoraho na we areka amakuba yari yiyemeje kubateza, none twebwe twari tugiye kwikururira ishyano.»


«Shyikira aya maturo agenewe abajyanywe bunyago, yatanzwe na Helidayi, Tobiya na Yedaya; ugende ubwawe uyu munsi winjire mu nzu ya Yoshiya, mwene Sefaniya, aho abo bantu bageze bavuye i Babiloni.


Abaturage b’umugi umwe bazajya kubwira abo mu wundi bati «Nimuze tujye kurura uruhanga rw’Uhoraho, dushakashake Uhoraho, Umugaba w’ingabo; natwe turajyayo.»


ndibwira nti ’Ubu ngubu Abafilisiti bagiye kumfatira i Giligali, kandi ntari nurura Uhoraho.’ Nuko niyemeza kumutura igitambo gitwikwa.»


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan