Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Yuda 1:23 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

23 mubakize mubakura mu muriro; abandi na bo mubagirire impuhwe ariko zivanze n’ubwoba, mwange n’imyambaro yandujwe n’imibiri yabo.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

23 abandi mubakirishe ubwoba mubahubuje mu muriro, mwanga ndetse n'umwenda utewe ibizinga n'umubiri.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

23 mubarokore nk'ababarura mu muriro. Abandi mubagirire impuhwe zivanze n'ubwoba, mwanga ndetse n'imyambaro yabo yandujwe n'imigirire baterwa na kamere yabo.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

23 mubarokore nk'ababarura mu muriro. Abandi mubagirire impuhwe zivanze n'ubwoba, mwanga ndetse n'imyambaro yabo yandujwe n'imigirire baterwa na kamere yabo.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Yuda 1:23
21 Iomraidhean Croise  

Yanyuraga mu nzira, hafi y’aho uwo mugore w’indaya yari atuye, nuko akaboneza agana iwe,


Nta n’umwe wari ukiyambaza izina ryawe, ngo yisubireho maze akwizirikeho, kuko wari wadukuyeho amaso, ukatugabiza ibicumuro byacu.


Barindagiraga mu mayira, nk’impumyi; bihumanyije n’amaraso, bituma nta we utinyuka gukora ku myambaro yabo.


Naho uzayiryamamo cyangwa akayiraramo, azagomba kumesa imyenda ye.


Izo ntanga nizigwa ku mwambaro cyangwa ku kindi gikoresho gikoze mu ruhu, muzabimese kuko biba byanduye kugeza nimugoroba.


Nabazambije nk’uko nazambije Sodoma na Gomora, maze mumera nk’igiti cyafashwe cyaruwe mu nkongi y’umuriro, ariko ntimwangarukira! Uwo ni Uhoraho ubivuze.


nizera gutera ishyari abo dusangiye ubwoko ngo ngire bamwe muri bo ndokora.


Ntimukishuke: kubana n’ababi byonona imigenzo myiza.


Naho nyir’umurimo uzaba wakongotse, azabura igihembo; gukira we azakira, ariko nk’uwiyatse umuriro.


Ubwo dufitiye Nyagasani igitinyiro; turashishikariza abantu kumwemera, kandi rwose, nta buryarya dufite imbere y’Imana. Nizeye ko namwe mutabunziho.


Niba kandi hari utumvira ibyo tuvuze muri iyi baruwa, muramumenye, mumugendere kure, kugira ngo akorwe n’isoni.


Ihugukire ubwawe, uhugukire n’umurimo wawe wo kwigisha; ube indatezuka kuri izo nama nkugiriye. Nugenza utyo, uzikiza wowe ubwawe, ukize n’abandi bose bagutega amatwi.


kuko umuramukije, aba asangiye na we ibikorwa bye bibi.


Nimugirire impuhwe abagishidikanya;


jye nkugiriye inama yo kumpahaho zahabu yayungurujwe umuriro kugira ngo wikungahaze, umpaheho n’imyambaro yererana kugira ngo wambare, maze ubwambure bwawe bwoye kugaragara; ugure n’umuti wo gusiga ku maso yawe, maze wongere ubone.


Nyamara aho i Saridi, uhafite abantu bakeya batanduje imyambaro yabo; abo ni bo tuzajyana bambaye imyambaro yererana, kuko babikwiriye.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan