Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Yohana 8:21 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

21 Yezu yongera kubabwira ati «Ndagiye kandi muzanshaka, ariko muzapfana icyaha cyanyu. Aho ngiye ntimushobora kuhajya.»

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

21 Nuko yongera kubabwira ati “Ndagenda kandi muzanshaka, nyamara muzapfana ibyaha byanyu. Aho njya ntimubasha kujyayo.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

21 Yongera kubabwira ati: “Ndagiye kandi muzanshaka, nyamara muzarinda mupfa mukiri mu byaha. Aho ngiye ntimubasha kujyayo.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

21 Yongera kubabwira ati: “Ndagiye kandi muzanshaka, nyamara muzarinda mupfa mukiri mu byaha. Aho ngiye ntimubasha kujyayo.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Yohana 8:21
21 Iomraidhean Croise  

Ndahiye ubuzima bw’Uhoraho, Imana yawe, ko nta hanga cyangwa igihugu databuja atakwijemo abantu ngo bagushakashake; mu gihe bamuhakaniye ko udahari, akarahiza abo bami b’amahanga ko batakubonye koko.


Amagufa ye yarangwaga n’imbaraga za gisore, none aryamanye na we mu gitaka.


Iyo umugiranabi apfuye, amizero ye aba ashize, n’ubukungu yishingikirizagaho, nta cyo buba bukimumariye.


Umugiranabi abirindurwa n’uburyarya bwe, naho intungane igakizwa n’umurava wayo.


Ntihazongera gupfa uruhinja rw’iminsi mike, cyangwa se umusaza utagejeje ku gihe cye; kuko uzapfa ari muto, azaba amaze nibura imyaka ijana, utazagera ku myaka ijana azaba yaravumwe.


Koko rero ndabibabwiye: ntimuzongera kumbona ukundi, kugeza igihe muzavuga muti ’Nasingizwe uje mu izina rya Nyagasani!’»


Hanyuma azabwire n’ab’ibumoso, ati ’Nimumve iruhande, mwa bivume mwe, mujye mu muriro w’iteka wagenewe Sekibi n’abamalayika be;


Maze abo bazajye mu bubabare bw’iteka, naho intungane zijye mu bugingo bw’iteka.»


Ibyo yabivuze yerekana urupfu yari agiye kuzapfa.


Yezu arababwira ati «Ubu ni igihe gito urumuri rubarimo; cyo nimugende mugifite urumuri, umwijima utabatungura, kuko ugenda mu mwijima, atamenya aho agana.


Twana twanjye, ndacyari kumwe namwe igihe kigufi; muzanshaka, maze nk’uko nabibwiye Abayahudi, nti ’Aho ngiye ntimushobora kuhajya’, namwe ubu ni byo mbabwiye.


Muzanshaka mumbure, kandi ntimuteze kugera aho nzaba ndi.»


Aya magambo avuze arashaka kuvuga iki, ngo ’Muzanshaka mumbure, kandi ntimuteze kugera aho nzaba ndi’?»


Nababwiye ko muzapfana ibyaha byanyu. Muramutse mutemeye ko ndi uriho, muzapfana ibyaha byanyu.»


Namwe kandi mwari mwarapfuye muzize ibicumuro n’ibyaha mwiberagamo kera,


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan