Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Yohana 7:7 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

7 Isi ntishobora kubanga, ariko jye iranyanga, kuko mpamya ko ibyo ikora ari bibi.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

7 Ab'isi ntibabasha kubanga, ariko jyewe baranyanga kuko mpamya ibyabo, yuko imirimo yabo ari mibi.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

7 Ab'isi ntibashobora kubanga, ariko jye baranyanga kuko nemeza ko ibyo bakora ari bibi.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

7 Ab'isi ntibashobora kubanga, ariko jye baranyanga kuko nemeza ko ibyo bakora ari bibi.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Yohana 7:7
27 Iomraidhean Croise  

Akabu abwira Eliya, ati «Urambonye, mwanzi wanjye!» Undi aramusubiza ati «Ndakubonye kuko watinyutse gukora ibyo Uhoraho yanga.


Umwami wa Israheli asubiza Yozafati, ati «Haracyari umuntu twabasha kugishaho inama y’Uhoraho, ariko jye ndamwanga kuko atampanurira ibyiza, keretse ibibi: ni uwitwa Mikayehu mwene Yimila.» Yozafati aramusubiza ati «Mwami, wivuga utyo!»


Ineza mbagirira bayitura inabi, ubucuti mbagaragariza bakabwitura urwango.


Umusekanyi ntakunda guhanwa, yirinda kwegera abanyabuhanga.


Naho uncumuyeho aba yibabaje ubwe, abanyanga bose baba bakunda urupfu.»


Bizagendekera bityo abagambanira abandi mu mvugo yabo, abatega abandi imitego mu manza, n’aboshya intungane gukora nabi.


Avuze atya Uhoraho, Umucunguzi; Nyir’ubutagatifu wa Israheli abwira umuntu w’insuzugurwa, uwo abantu bareba nk’agaterashozi, umucakara w’abategekesha igitugu, ati «Abami ndetse n’ibikomangoma bazareba bahaguruke, bapfukamire Uhoraho kuko ari indahemuka, akaba Nyir’ubutagatifu wa Israheli wakwihitiyemo.»


Igihe cyose ngize ngo ndavuze, ngomba kurangurura ijwi, nkamagana ububisha n’ubusahuzi. Ijambo ry’Uhoraho ryambereye impamvu yo gutukwa no kunnyegwa umunsi wose.


maze amusuzume. Nasanga ku mubiri we inyama zanamye mu kibyimba cyererana, kandi ubwoya bwarahindutse umweru,


Hanyuma, mu kwezi kumwe nkuraho abashumba batatu; ariko n’intama sinabasha kuzihanganira kandi na zo ziranzinukwa.


Nzabegera mbacire imanza; nzashinja abapfumu, abasambanyi n’abarahira ibinyoma, nzashinje abacuza abakozi igihembo cyabo, n’abarenganya umupfakazi n’impfubyi, kimwe n’abashikamira umusuhuke, n’abandi bose batanyubaha. Uwo ni Uhoraho, Umugaba w’ingabo, ubivuze.


Muragowe igihe cyose abantu babavuga neza, kuko ari uko ababyeyi babo bagenzerezaga abahanuzi b’ibinyoma.


Nabagejejeho ijambo ryawe, maze isi irabanga, kuko atari ab’isi, nk’uko nanjye ntari uw’isi.


Dore urwo rubanza urwo ari rwo: ni uko urumuri rwaje mu isi, abantu bakikundira umwijima kuruta urumuri, kuko ibikorwa byabo byari bibi.


Kuko irari ry’umubiri rirwanya Imana: nta bwo ryayoboka amategeko y’Imana, ntiryanabishobora.


Ubu se noneho mbaye umwanzi wanyu kuko mbabwije ukuri?


Mwa basambanyi mwe, ntimuzi se ko kuba incuti y’isi ari ukuba umwanzi w’Imana? Ushaka kuba incuti y’isi, aba abaye umwanzi w’Imana.


Bo ni ab’isi; ni cyo gituma bavuga ururimi rw’isi, maze ikabatega amatwi.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan