Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Yohana 3:19 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

19 Dore urwo rubanza urwo ari rwo: ni uko urumuri rwaje mu isi, abantu bakikundira umwijima kuruta urumuri, kuko ibikorwa byabo byari bibi.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

19 Uko gucirwaho iteka ni uku: ni uko umucyo waje mu isi, abantu bagakunda umwijima kuwurutisha umucyo babitewe n'uko ibyo bakora ari bibi,

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

19 Dore igituma abantu bacirwa iteka: ni uko urumuri rwaje ku isi maze abantu bikundira umwijima kuruta umucyo, kuko ibyo bakora ari bibi.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

19 Dore igituma abantu bacirwa iteka: ni uko urumuri rwaje ku isi maze abantu bikundira umwijima kuruta umucyo, kuko ibyo bakora ari bibi.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Yohana 3:19
33 Iomraidhean Croise  

n’abataye inzira y’ubutungane bakaboneza iy’umwijima;


None rero, Uhoraho Umugaba w’ingabo avuze atya: Ngiye kubahana, mbagerageze. Mbega ukuntu ngiye guhagurukira ubugome bw’umuryango wanjye!


mbuni, igishihanyi, rushorera, agaca n’amoko yako yose,


maze amusuzume. Nasanga ku mubiri we inyama zanamye mu kibyimba cyererana, kandi ubwoya bwarahindutse umweru,


Icyo ni cyo kizaba igihano cya Misiri, kimwe n’amahanga yose atazazamuka ngo ajye guhimbaza umunsi mukuru w’Ingando.


Uwo mugaragu rero wari uzi icyo shebuja ashaka, ntacyiteho ngo agikore uko yari yamutegetse, azakubitwa nyinshi;


Abafarizayi bikundiraga amafaranga, bumvise ibyo byose baramukwena.


Yari asanzwe yifitemo ubugingo, kandi ubwo bugingo bukaba urumuri rw’abantu.


Nuko urumuri rumurika mu mwijima, ariko umwijima wanga kurwakira.


Ubu igihe cyo gucira isi urubanza kirageze; ubu umutware w’iyi si agiye gusukwa hanze.


kuko bakunze ikuzo ry’abantu kuruta ikuzo ry’Imana.


Naje mu nsi ndi urumuri, kugira ngo unyemera wese adahera mu mwijima.


Mwashobora mute kwemera, kandi buri wese amaranira guhabwa ikuzo na mugenzi we, mudashaka ikuzo mwahabwa n’Imana yonyine?


Ukereye gukora icyo Imana ishaka, amenyeraho ko inyigisho mvuga ari iz’Imana, cyangwa se ko ari izo nihimbira ubwanjye.


Isi ntishobora kubanga, ariko jye iranyanga, kuko mpamya ko ibyo ikora ari bibi.


Nuko Yezu yongera kubabwira ati «Ndi urumuri rw’isi, unkurikira ntazagenda mu mwijima, ahubwo azatunga urumuri rw’ubugingo.»


Igihe nkiri ku isi, ndi urumuri rw’isi.»


N’ubwo bazi iteka ry’Imana ricira urwo gupfa abakora bene ibyo, bo ntibabikora gusa, bashima ndetse n’ababikora.


naho uburakari n’umujinya ku bivumbuye, ntibumve ukuri, bakayoboka inabi.


kugira ngo abazaba baranze kwemera ukuri, ahubwo bagahimbazwa n’ubugiranabi, bose bazacirwe urubanza.


ariko kandi ribabera ibuye basitaraho n’urutare batembaho.» Barisitaraho kuko banze kwemera ijambo ry’Imana, kandi ni na cyo bagenewe.


Mbere na mbere, mumenye ko mu minsi ya nyuma hazaduka abaneguranyi batagira icyo bemera, bakurikira gusa irari ryabo bwite,


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan