Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Yohana 2:10 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

10 aramubwira ati «Ubusanzwe umuntu arabanza agatereka inzoga nziza, bamara guhaga, agaheruka itari nziza. Wowe ariko wakomeje gutereka inziza kugeza ubu!»

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

10 aramubwira ati “Abandi bose babanza vino nziza, abantu bamara guhaga bakabona kuzana izitaryoshye, ariko wowe ho washyinguye inziza aba ari zo uherutsa.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

10 aramubwira ati: “Ubusanzwe umuntu wese abanza gutanga divayi nziza, hanyuma abantu bamara guhaga, akazana itari nziza nk'iya mbere, naho wowe wagumanye inziza kugeza magingo aya!”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

10 aramubwira ati: “Ubusanzwe umuntu wese abanza gutanga divayi nziza, hanyuma abantu bamara guhaga, akazana itari nziza nk'iya mbere, naho wowe wagumanye inziza kugeza magingo aya!”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Yohana 2:10
15 Iomraidhean Croise  

Yozefu ategeka ko babaha ku biryo byari imbere ye. Igaburo rya Benyamini barikuba incuro eshanu. Baranywa baranezerwa, hamwe na we.


na divayi ihimbaza umutima wa mwene muntu, kimwe n’amavuta amukesha uruhanga, n’umugati uramira imbaraga ze.


Ninjiye mu busitani bwanjye, uwanjye umbereye umugeni, nasoromye imibavu yanjye n’ububani bwanjye, nariye ikinyagu cyanjye n’ubuki bwanjye, nanyoye divayi yanjye n’amata yanjye. Incuti, nimurye, munywe musinde urukundo!


maze agatangira gukubita bagenzi be, akarya akanywa hamwe n’abasinzi,


Naho, uwo mugaragu niyibwira ati ’Databuja aratinze’, maze agatangira gukubita abagaragu n’abaja, akarya, akanywa agasinda,


Abrahamu aramusubiza ati ’Mwana wanjye, ibuka ko wakize cyane ukiri ku isi, naho Lazaro akahagirira ibyago. Ubu rero yibereye hano mu byishimo, naho wowe urababara.


Aba bantu ntibanyoye nk’uko mubitekereza, kuko hakiri ku isaha ya gatatu y’igitondo;


kuko buri wese amaranira kurya ibyo yizaniye, ku buryo umwe yicwa n’inzara, undi yasinze.


Ntimugasindishwe na divayi, kuko byabatera kwifata nabi, ahubwo nimwuzure Roho Mutagatifu.


Abashaka gusinzira, nijoro ni ho basinzira; n’abasinda, nijoro ni ho basinda;


rikaba ryarasambanye n’abami b’isi, maze abatuye isi bagasinda divayi y’ubuhabara bwaryo.»


Hanyuma mbona uwo mugore yasinze amaraso y’abatagatifujwe n’ay’abahamya ba Yezu. Mukubise amaso, ndatangara cyane!


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan