Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Yohana 16:7 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

7 Ariko mbabwire ukuri, ngiye byabagirira akamaro; kuko ntagiye, Umuvugizi ntiyabazamo, ariko ningenda nzamuboherereza.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

7 “Ariko ndababwira ukuri yuko ikizagira icyo kibamarira ari uko ngenda, kuko nintagenda Umufasha atazaza aho muri, ariko ningenda nzamuboherereza.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

7 Nyamara ndababwira ukuri: icyabagirira akamaro ni uko ngenda, kuko nintagenda wa Mujyanama atazaza muri mwe, ariko ningenda nzamuboherereza.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

7 Nyamara ndababwira ukuri: icyabagirira akamaro ni uko ngenda, kuko nintagenda wa Mujyanama atazaza muri mwe, ariko ningenda nzamuboherereza.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Yohana 16:7
19 Iomraidhean Croise  

Amafarasi Imana iremesha urugamba ni uduhumbi n’uduhumbagiza! Ni yo Umutegetsi yajeho kuri Sinayi, ajya mu Ngoro ntagatifu.


Jyeweho ngiye kuboherereza icyo Data yasezeranye. Mwebwe rero, nimube mugumye mu murwa kugeza igihe muzasenderezwa imbaraga zivuye mu ijuru.»


Ndababwiza ukuri rwose: hariho abapfakazi benshi muri Israheli mu gihe cya Eliya, ubwo imvura yamaraga imyaka itatu n’amezi atandatu itagwa, inzara ikoreka igihugu cyose;


Ndababwira ukuri: mu bari hano, harimo abatazapfa batabonye Ingoma y’Imana.»


ariko Umuvugizi Roho Mutagatifu, Data azohereza mu izina ryanjye, ni we uzabigisha byose, kandi abibutse n’ibyo nababwiye byose.


Mwumvise ko nababwiye nti ’Ndagiye kandi nzagaruka mbasange’. Iyaba mwankundaga, mwakwishimiye ko nsanze Data, kuko Data anduta.


Nimara kugenda, nkabategurira umwanya, nzagaruka mbajyane hamwe nanjye, kugira ngo aho ndi, namwe abe ari ho muba.


Ariko Umuvugizi nzaboherereza, aturutse kuri Data, Roho Nyir’ukuri ukomoka kuri Data, naza azambera umugabo.


Kandi namara kuza, azereka ab’isi aho icyaha cyabo kiri, n’aho ubutungane buri, n’urubanza uko ruteye.


Ibyo yabivuze abyerekeje kuri Roho uzahabwa abamwemera. Kugeza icyo gihe, Roho yari ataratangwa, kuko Yezu yari atarahabwa ikuzo rye.


Nuko Petero aterura agira ati «Noneho numvise mu by’ukuri ko Imana itarobanura,


Aho amariye gukuzwa n’ububasha bw’Imana, no guhabwa na Se Roho Mutagatifu wasezeranywe, amusendereza mu bantu nk’uko mubibona kandi mubyumva.


Tuzi kandi ko byose bihira abakunda Imana, ari bo yihamagariye ku bwende bwayo.


Kandi n’amagorwa yacu muri iki gihe gihita nta cyo adutwaye, uyagereranije n’ikuzo adutegurira ry’akataraboneka kandi rizahoraho.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan