Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Yohana 15:6 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

6 Utaba muri jye, azajugunywa nk’ishami ritera, maze yumagane, kandi bene ayo mashami barayasakuma, bakayajugunya mu muriro, agashya.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

6 Umuntu utaguma muri jye ajugunywa hanze nk'ishami ryumye, maze bakayateranya bakayajugunya mu muriro agashya.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

6 Utaguma kuri jye ajugunywa kure akuma nk'ishami. Amashami nk'ayo barayasakuma bakayashyira mu muriro agakongoka.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

6 Utaguma kuri jye ajugunywa kure akuma nk'ishami. Amashami nk'ayo barayasakuma bakayashyira mu muriro agakongoka.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Yohana 15:6
20 Iomraidhean Croise  

Ahubwo bayigirishayo umuhunda w’icumu n’uruti rwaryo, akazatwikwa, akazakongokera aho ngaho.»


Nta ho azahungira umwijima, indimi z’umuriro zizatwika urubyaro rwe, ibye byose bitwarwe n’umuyaga.


Uhoraho, Mugaba w’ingabo, dukundire, ugaruke, urebere mu ijuru, witegereze, maze utabare uwo muzabibu;


Ariko wowe wajugunywe kure y’imva yawe, uteye ubwoba boshye uruhinja rwavutse rupfuye. Umeze nk’intumbi banyukanyutse; ukikijwe n’imirambo y’abahinguranyijwe n’inkota, ikaba igaramye ku mabuye ashashe mu rwobo.


Umugi wari ukomeye uzasigarire aho, waratereranywe nk’ubutayu butagituwe. Inyana zizahahuka, zinaharare, kandi zirishe amashami y’ibihuru.


Babwire uti ’Nyagasani Uhoraho aravuze ngo: Mbese aho uwo muzabibu uzakura ube mwiza? Aho iyo kagoma ntizarandura imizi yawo, ikawushikuzaho n’imbuto, ku buryo amashami yose yameraga yuma, ntihabe hagikenewe umunyamaboko, cyangwa imbaga y’abantu, kugira ngo bawurandurane n’imizi?


Umwana w’umuntu azohereza abamalayika be, bavangure mu Ngoma ye abateye abandi kugwa mu cyaha bose, n’inkozi z’ibibi zose,


Nuko bya biceri abijugunya imbere y’Ingoro, ava aho, ajya kwimanika.


Dore intorezo irambitse ku mizi y’ibiti; none igiti cyose kitera imbuto nziza kigiye gutemwa maze gicanwe.


Igiti cyose kitera imbuto nziza baragitema, bakakijugunya mu muriro.


Ishami ryose riterera imbuto muri jye, araritema; naho ishami ryera imbuto, araryicira agira ngo rirusheho kwera imbuto.


ahasigaye ni ugutegereza urubanza rukaze n’inkongi y’umuriro uzatsemba ibyigomeke.


Abigobotoye ubwandure bw’isi babikesheje kumenya Umwami wacu n’Umukiza wacu Yezu Kristu, iyo bwongeye kubapfukirana no kubategeka, imibereho yabo ya nyuma irusha iya mbere kuba umwaku;


Abo bantu badukomotsemo, ariko ntibari abacu, kuko iyo bajya kuba abacu, baba baragumanye natwe. Nyamara byari ngombwa kugaragaza ko bose uko bangana batari abacu.


Kandi n’umuntu wese utari wanditse mu gitabo cy’ubugingo, na we yaroshywe muri iyo nyenga y’umuriro.


Naho abanyabwoba, abahemu, abakora ibizira, abicanyi, amahabara, abarozi, abasenga ibigirwamana, n’ababeshyi bose, umurage wabo uri mu nyenga igurumana y’umuriro kandi yuzuye amahindure. Ngurwo urupfu rwa kabiri.»


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan