Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Yohana 10:6 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

6 Yezu yabahaye icyo kigereranyo, ariko bo ntibamenya icyo yashakaga kubabwira.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

6 Yesu abacira uwo mugani, ariko ntibamenya ibyo yababwiye.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

6 Icyo ni ikigereranyo Yezu yabahaye ariko bo ntibamenya icyo yashakaga kubabwira.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

6 Icyo ni ikigereranyo Yezu yabahaye ariko bo ntibamenya icyo yashakaga kubabwira.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Yohana 10:6
20 Iomraidhean Croise  

Abasekuruza bacu mu Misiri ntibigeze bumva ibitangaza byawe; biyibagije impuhwe zawe nyinshi, bivumbura ku Musumbabyose hafi y’inyanja y’Urufunzo.


Ariko nta cyo baramenya, nta n’icyo bumva, bararindagira mu mwijima, bigeza n’aho inkingi z’isi zijegajega.


Inkozi z’ibibi ntizumva ubutabera, ariko abashaka Uhoraho bumva byose.


ariko kandi ni n’imbwa z’ibisambo: ntibazi kuvuga ngo «Turahaze», ngabo abitwa abashumba! Nta cyo biyumvira na mba, buri wese atomera ukwe; buri wese yishakira inyungu ye gusa.


Ibyo byose Yezu yabibwiraga rubanda mu migani, nta cyo yababwiraga atababwiriye mu migani;


Ibyo byose mwabyumvise?» Bati «Yee.»


Kandi ntiyigishaga adaciye imigani, ariko abigishwa be akabasobanurira byose biherereye.


Ibyo nabibabwiye mu bigereranyo; igihe kirageze noneho simbe nkibabwiza ibigereranyo, maze mbabwire neruye ibyerekeye Data.


Abigishwa be baramubwira bati «Erega noneho uravuga weruye, ntukivugira mu bigereranyo.


Ni bwo Abayahudi batangiye kujya impaka ubwabo, bati «Ashobora ate kuduha umubiri we ngo uribwe?»


Abenshi mu bigishwa be bamaze kumwumva, baravuga bati «Aya magambo arahambaye, ni nde washobora kuyatega amatwi?»


Aya magambo avuze arashaka kuvuga iki, ngo ’Muzanshaka mumbure, kandi ntimuteze kugera aho nzaba ndi’?»


Ntibamenya ko yababwiraga Se.


Kuki mudasobanukirwa n’ibyo mvuga? Ni uko mudashobora kwakira ijambo ryanjye.


Umuntu ugengwa na kamere ye gusa ntashobora kwumva ibya Roho w’Imana; koko rero, kuri we ni nk’ibisazi, maze ntashobore kubyumva, kuko bene ibyo biserurirwa muri Roho wenyine.


Ibyababayeho bihuje mu by’ukuri n’uyu mugani ugira uti «Imbwa yasubiye ku birutsi byayo». cyangwa ngo «Ingurube ikimara kwiyuhagira yongeye kwivuruguta mu isayo.»


Tuzi kandi ko Umwana w’Imana yaje, akaduha ubushishozi, kugira ngo tumenye Nyir’ukuri. Kandi turi muri Nyir’ukuri, tubikesha Umwana we Yezu Kristu. Ni We Nyir’ukuri, akaba Imana n’ubugingo buhoraho.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan