Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Yakobo 2:7 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

7 Si bo se batuka izina rya Kristu mwitiriwe?

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

7 Si bo batuka rya zina ryiza mwitirirwa?

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

7 Ese si bo batuka rya zina ryiza mwitiriwe?

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

7 Ese si bo batuka rya zina ryiza mwitiriwe?

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Yakobo 2:7
23 Iomraidhean Croise  

Uhoraho yazaniye umuryango we ikiwubohora, agena rimwe rizima imiterere y’Isezerano rye. Izina rye ni ritagatifu, kandi rigatera ubwoba.


Imibavu yawe ifite impumuro nziza, izina ryawe ni impumuro itamye, ni na yo mpamvu abakobwa bagukunda.


abo bose bitiriwe izina ryanjye, nabaremeye kumpa ikuzo, nkaba narababumbye, ndabahanga.»


Intore zanjye zizibuka izina ryanyu zirivume, zigira ziti «Urakicwa n’Imana ihoraho!» Ariko abagaragu banjye bazahabwa irindi zina,


Noneho rero, ni Nyagasani ubwe uzabihera ikimenyetso: Dore ngaha umwari asamye inda, akazabyara umuhungu, maze akazamwita Emanuweli.


Ku ngoma ye, Yuda izarokorwa, maze Israheli iture mu mutekano. Izina azitwa ni iri «Uhoraho ni we butabera bwacu.»


«Dore Umukobwa w’isugi agiye gusama inda, maze azabyare umuhungu, nuko bazamwite Emanuweli», ari byo kuvuga ngo «Imana turi kumwe.»


Abafarizayi babyumvise, baravuga bati «Belizebuli, umutware wa roho mbi, ni we yirukanisha roho mbi.»


baramubwira bati «Mutegetsi, twibutse ko wa munyakinyoma akiriho yavuze ati ’Nzazuka iminsi itatu ishize!’


ahamusanze amuzana i Antiyokiya. Bahamara umwaka wose bakorera iyo Kiliziya kandi bigisha inteko nyamwinshi y’abantu. Aho i Antiyokiya nyine, ni ho abigishwa bitiwe bwa mbere na mbere «Abakristu».


kugira ngo abarokotse bazashakashake Nyagasani, kimwe n’amahanga yose izina ryanjye ryambarizwamo. Uwo ni Nyagasani ubivuze, we urangiza imigambi ye


Nazengurutse amasengero yose mbatoteza bikomeye, ndetse nkanabahatira gutuka Imana. Narabarakariraga bikabije, ku buryo nabakurikiraga kugeza no mu migi yo mu mahanga.


Bikaba rero nta wundi wundi twakesha umukiro usibye we, kuko ku isi nta rindi zina abantu bahawe, ngo abe ari ryo turonkeramo uburokorwe.»


Yo icyitwa ububyeyi cyose gikomokaho, ari mu ijuru, ari no ku isi,


jyewe wahoze ndi umuntu utuka Imana, ngatoteza abayo, nkaba umunyarugomo. Ariko nagiriwe imbabazi, kuko ibyo nakoraga nabiterwaga n’ubujiji, ntaragira ukwemera.


Nihagira uhorwa ko ari umukristu, ntibikamutere isoni, ahubwo ajye akuza Imana ku mpamvu y’iryo zina.


Yari yambaye igishura cyinitswe mu maraso, kandi akitwa Jambo w’Imana.


Ku gishura cye no ku kibero cye handitse iri zina ngo «Umwami w’abami n’Umutegetsi w’abategetsi.»


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan