Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Yakobo 1:2 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

2 Bavandimwe, amagorwa y’amoko yose munyuramo, mujye muyakirana ibyishimo byinshi,

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

2 Bene Data, mwemere ko ari iby'ibyishimo rwose nimugubwa gitumo n'ibibagerageza bitari bimwe,

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

2 Bavandimwe, igihe mugezweho n'ibigeragezo by'uburyo bwose mujye mubyishimira.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

2 Bavandimwe, igihe mugezweho n'ibigeragezo by'uburyo bwose mujye mubyishimira.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Yakobo 1:2
21 Iomraidhean Croise  

Intumwa ngo zive mu Nama nkuru, zigenda zishimye kuko zagize ihirwe ryo kugirirwa nabi, zizira izina rya Yezu.


Si ibyo byonyine, twiratana ndetse n’ibitotezo, kuko tuzi ko ibitotezo bitera kwihangana,


Kuko mutahawe gusa kwemera Kristu, mwahawe no kubabara ari We mugirira,


Kandi n’aho byaba ngombwa ko mena amaraso yanjye, akamishwa ku gitambo no ku ituro ry’ukwemera kwanyu, byanshimisha, kandi nasangira namwe mwese ibyo byishimo.


Bityo, namwe nimwishime, kandi muhimbarwe hamwe nanjye.


Ubu rero nshimishijwe n’uko mbabara ari mwe ngirira, maze ibyari bibuze ku mibabaro ya Kristu, nkabyuzuriza mu mubiri wanjye, mbigirira umubiri we, ari wo Kiliziya.


Kandi koko mwasangiye ububabare n’abafunzwe, mwakirana ibyishimo isahurwa ry’ibintu byanyu, kuko mwari muzi ko mufite ubukungu bwisumbuyeho kandi buzahoraho.


Hahirwa umuntu uba intwari mu bigeragezo, kuko namara kugeragezwa, azahabwa ikamba ry’ubugingo Imana yasezeranyije abayikunda.


Ntimukibeshye rero, bavandimwe nkunda.


Mubimenye rero, bavandimwe nkunda, ko muri impuguke. Nyamara, buri muntu arabangukirwe mu gutega amatwi, ariko ntagahubuke mu kuvuga; atinde no kurakara,


Dore ubu turashimira abiyumanganyije. Mwumvise inkuru y’ukwiyumanganya kwa Yobu, kandi mwabonye uko Nyagasani yamugenjereje hanyuma; kuko Nyagasani ari umugwaneza n’umunyambabazi.


None rero, Nyagasani ashobora kuvana mu magorwa abamuyobotse, naho abagome akabarindiriza umunsi w’urubanza kugira ngo bahanwe:


Ntutinye ibigiye kukubabaza. Dore Sekibi agiye kujugunya mu buroko bamwe muri mwe kugira ngo abagerageze, maze muzagire amagorwa y’iminsi cumi. Urabe indahemuka kugeza ku rupfu, maze nzakwambike ikamba ry’ubugingo.’


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan