Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Nehemiya 5:9 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

9 Ndakomeza ndababwira nti «Ibyomukora nta bwo ari byiza. Mbese ntimwagombye guhorana igitinyiro cy’Imana yacu, kugira ngo mwirinde gukozwa isoni n’amahanga atwanga?

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

9 Ndongera ndavuga nti “Ibyo mukora si byiza. Mbese ibikwiriye si uko mwagenda mwubaha Imana yacu, ntimwitukishe mu banzi bacu b'abanyamahanga?

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

9 Ndongera ndababwira nti: “Ibyo mukora si byiza. Mbese ntimwari mukwiye gutinya Imana mugakora ibyiza, bityo ntimuhe abanyamahanga batwanga urwaho rwo kudutuka?

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

9 Ndongera ndababwira nti: “Ibyo mukora si byiza. Mbese ntimwari mukwiye gutinya Imana mugakora ibyiza, bityo ntimuhe abanyamahanga batwanga urwaho rwo kudutuka?

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Nehemiya 5:9
21 Iomraidhean Croise  

Abrahamu ati «Ni uko nibwiraga nti ’Aha hantu ntibubaha Imana na gato, bazanyica banziza umugore wanjye.’


Ku munsi wa gatatu, Yozefu arababwira ati «Nimukore uko ngiye kubabwira, mukunde mubeho. Ntinya Imana.


Ariko kubera ko muri ibyo watutse Uhoraho, umuhungu wabyaye, we azapfa.»


Nyamara abo muri Yuda baravugaga bati «Imbaraga z’abubatsi zirakendereye, kandi amatongo ni menshi, birenze urugero! Izi nkike ntituzashobora kuzubaka!»!»


Nanjye ubwanjye, hamwe n’abavandimwe banjye n’abagaragu banjye, hari abo twagurije feza n’ingano. Nimuze tubaharire twese iyo myenda baturimo!


Naho abatware bambanjirije, bo bakandamizaga rubanda, buri munsi bakabaha amasikeli mirongo ine ya feza azagurwa imigati na divayi; abagaragu babo ndetse na bo bagashikamira imbaga. Ariko jye si ko nabigenjeje, kubera ko natinyaga Imana.


Ni nde watahuye uburakari bwawe bukaze, ngo arusheho kubumenya kuko agutinya?


Umunyarugomo ashuka mugenzi we, akamunyuza mu nzira idakwiye.


Guca ibihano intungane si byiza, ariko gukubita ibikomangoma, byo birenze urugero.


Nta bwo ari byiza guca urubanza ubera umugome, ukarenganya intungane.


Ahatari ubumenyi, umwete nta cyo umara, kandi iyihuse yabyaye ibihumye.


Izi na zo ni inama z’abanyabuhanga: Si byiza guca urubanza ubera.


Umuryango wanjye wagiye mu mahanga, ugezeyo wandavuza izina ryanjye ritagatifu, bituma babataramiraho bavuga ngo ’Uyu ni umuryango w’Uhoraho, ariko bavuye mu gihugu cye.’


Uzirinde kumuhenda ubwenge ngo umwungukeho, bityo uzatuma abaho iruhande rwawe, kandi unatinye Imana yawe.


Ubwo Kiliziya yariho mu mahoro muri Yudeya yose, muri Galileya no muri Samariya, ishinga imizi kandi ikomeza kubaha Nyagasani, bityo irushaho kujya mbere ikomejwe na Roho Mutagatifu.


nk’uko byanditswe ngo: «Izina ry’Imana bararituka mu mahanga ku mpamvu yanyu».


Ndashaka rero ko abapfakazi bakiri bato bakongera gushyingirwa, bakabyara abana, bakagenga ingo zabo, bityo ntibahe umwanzi urwaho ngo abambike urubwa.


banabatoze kwitonda, kwirinda ingeso mbi, kwita ku by’ingo zabo, kugwa neza, no kumvira abagabo babo, kugira ngo ijambo ry’Imana bataritukisha.


Nimugire imyifatire myiza imbere y’abatemera Imana nyakuri, kugira ngo n’ubwo babasebya nk’aho muri abagiranabi, bazamurikirwe n’ibikorwa byanyu, maze basingize Imana ku munsi izaziraho.


Nimusigeho, bana banjye, kuko amagambo umuryango w’Uhoraho ubavugaho atari meza!


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan