Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Nehemiya 4:10 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

10 Ariko guhera uwo munsi, igice kimwe gusa cy’abantu banjye barubakaga, naho abandi bagahorana amacumu, ingabo, imiheto n’imyambaro y’intambara, bahagaze inyuma y’abo muri Yuda bose bakoraga.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

10 Uhereye ubwo abagaragu banjye bamwe bakomezaga gukora uwo murimo, abandi bakenda amacumu n'ingabo n'imiheto n'amafurebo y'ibyuma, kandi abatware bari inyuma y'ab'umuryango wa Yuda babavuna.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

10 Uhereye uwo munsi kimwe cya kabiri cy'abakozi banjye barakoraga, naho abandi bahoraga baryamiye amajanja bafite amacumu n'ingabo n'imiheto, bambaye n'amakoti y'ibyuma akingira igituza. Abasirikari bakuru bari barinze Abayahudi bose

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

10 Uhereye uwo munsi kimwe cya kabiri cy'abakozi banjye barakoraga, naho abandi bahoraga baryamiye amajanja bafite amacumu n'ingabo n'imiheto, bambaye n'amakoti y'ibyuma akingira igituza. Abasirikari bakuru bari barinze Abayahudi bose

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Nehemiya 4:10
10 Iomraidhean Croise  

bategekaga abikorezi kandi bakayobora abakozi bose, buri wese mu mwuga we. Hari kandi n’abandi balevi b’abanditsi, ab’abagenzuzi, hakaba n’abanyanzugi.


Abikorezi bo, bakoreshaga akaboko kamwe, naho akandi gafashe intwaro.


Bahuza umugambi kugira ngo baze gutera Yeruzalemu maze bayivutsemo imidugararo.


Nuko abanzi bacu bumvise ko twaburiwe, Imana ibatera kureka umugambi wabo, maze twese tugaruka kubaka inkike, buri wese ku murimo we.


«Mwana w’umuntu, Nebukadinetsari, umwami wa Babiloni, yagabye igitero gikomeye, agambiriye gutera Tiri. Imitwe y’ingabo ze zose yamyotseho imisatsi n’intugu zose zirakobagurika; nyamara ari we ari n’ingabo ze, icyo gitero yagabye muri Tiri nta n’umwe cyagize icyo kimarira.


«Uhoraho, Umugaba w’ingabo, avuze atya: Aba bantu baravuga bati ’Igihe cyo kongera kubaka Ingoro y’Uhoraho ntikiragera!’»


Ariko abari bajyanye na Kalebu muri ubwo butasi, baramusubiza bati «Ntidushobora gutera bariya bantu kuko baturusha amaboko.»


Barazamutse bagera mu kibaya cya Eshikoli, maze bareba icyo gihugu. Mu kugaruka, baje baca intege Abayisraheli, bababuza kwinjira mu gihugu Uhoraho yabasezeranije.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan