Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Mika 3:6 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

6 Ni yo mpamvu ijoro rizabagwaho, mwoye kubonekerwa, mubundikiwe n’umwijima, nta cyo mugihanura; abahanuzi izuba ribarengeyeho, umunsi ubiriyeho.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

6 Ni cyo gituma hazababera mu ijoro kugira ngo mutagira icyo mwerekwa, kandi hazababera umwijima kugira ngo mudahanura, kandi izuba rizarengera ku bahanuzi n'amanywa azababera ubwire.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

6 Ni cyo gituma muzaba mu icuraburindi, ntawe uzongera kubonekerwa, muzaba mu mwijima nta cyo muhishurirwa.” Iminsi y'abo bahanuzi yo guhanura irashize.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

6 Ni cyo gituma muzaba mu icuraburindi, ntawe uzongera kubonekerwa, muzaba mu mwijima nta cyo muhishurirwa.” Iminsi y'abo bahanuzi yo guhanura irashize.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Mika 3:6
14 Iomraidhean Croise  

Nta hakiboneka ibimenyetso bikuranga, nta n’umuhanuzi ukibaho, kandi nta n’umwe muri twe uzi aho bizahereza!


kuko Uhoraho yabasutseho umwuka ubasinziriza, akabahuma amaso, mwe bahanuzi, agapfuka imitwe yanyu, mwe bashishozi.


Turashakisha ku rukuta nk’impumyi, boshye abantu batagira amaso. Turasitara ku manywa nko mu kabwibwi, turi bazima, ariko tukamera nk’intumbi.


Nimukuze Uhoraho Imana yanyu, mbere y’uko aboherereza umwijima, mbere y’uko ibirenge byanyu bitsikira mu misozi yaguweho n’ijoro. Mutegereje urumuri, ariko yaruhinduyemo umwijima, arugira igicu cyijimye.


Uwabyaye abahungu barindwi yacitse intege, arahumekana impumu. Izuba rye ryarenze amanywa ava; yakozwe n’isoni, aramwaragurika. Ibyo bari basigaranye, ngiye kubigabiza inkota n’ibitero by’abanzi babo. Uwo ni Uhoraho ubivuze! (Yeremiya:)


Baravuga ngo «Nimuze dutegure imigambi mibi irwanya Yeremiya; kuko nitumara kumwigizayo, ntituzabura abandi baherezabitambo ngo batwigishe Itegeko ry’Imana, n’abasheshe akanguhe ngo batugire inama, cyangwa abahanuzi ngo batubwire ijambo ryayo. Nimuze, tumusarike tumusebya, twoye kwita ku magambo ye.»


Ikiganza cyanjye kizibasira abo bahanuzi b’amabonekerwa y’amafuti n’inyigisho z’ibinyoma; ntibazakirwa mu nama y’umuryango wanjye, ntibazandikwa mu gitabo cy’umuryango wa Israheli, yewe ntibazinjira no mu gihugu cya Israheli; bityo muzamenye ko ndi Nyagasani Uhoraho.


Icyago kizasimburwa n’ikindi, inkuru mbi zisimburane. Bazatakambira umuhanuzi ngo agire icyo yababonera ariko bibe iby’ubusa; umuherezabitambo ntazaba akimenya amategeko, nk’uko n’abakuru b’umuryango batazaba bakijya inama.


Ngiyi iminsi iraje — uwo ni Nyagasani Uhoraho ubivuze— ari yo nzateza ho inzara mu gihugu. Ntizaba inzara yo gusonzera umugati, cyangwa inyota y’amazi, ahubwo izaba inzara yo gusonzera kumva Ijambo ry’Uhoraho.


Bamwe baravuga bati «Rekera aho kubara izo nkuru, kuko ari ubusazi kwemeza ko tuzakorwa n’ikimwaro.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan