Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Luka 8:18 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

18 Mwitondere rero uburyo mwumva aya magambo. Kuko ufite byinshi, ari we uzongererwa; naho udafite, n’icyo yibwiraga ko afite bazakimwaka.»

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

18 “Nuko mwirinde uko mwumva, kuko ufite azahabwa, n'udafite akazākwa n'icyo yibwiraga ko afite.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

18 “Murajye mwitondera uburyo mwumva ibyo mbabwira. Ufite azongererwa, naho udafite na busa azakwa n'utwo yaririragaho.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

18 “Murajye mwitondera uburyo mwumva ibyo mbabwira. Ufite azongererwa, naho udafite na busa azakwa n'utwo yaririragaho.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Luka 8:18
25 Iomraidhean Croise  

Hari inzira isa n’itunganiye umuntu, amaherezo ariko, ikaba iganisha ku rupfu.


Kuko ufite byinshi ari we uzongererwa agakungahara; naho ufite bike, n’icyo yari afite bazakimwaka.


kuko utunze bazamuha agakungahara; naho udafite na mba bazamwaka n’utwo yaganyiragaho.


Nimubona ’ishyano ry’icyorezo’ riri aho ritagomba kuba — usoma abyumve neza! — icyo gihe abazaba bari muri Yudeya bazahungire mu misozi;


Umwami arabasubiza ati ’Ndabibabwiye: ufite wese bazamwongerera, naho ufite ubusa bazamwambura n’utwo yari atunze.


«Mwebweho mutege amatwi, mwumve ibyo ngiye kubabwira: dore Umwana w’umuntu agiye kugabizwa abantu.»


Ishami ryose riterera imbuto muri jye, araritema; naho ishami ryera imbuto, araryicira agira ngo rirusheho kwera imbuto.


Mpera ko rero ngutumaho, nawe ugize neza kuko uje. None ubu dukoraniye imbere yawe, kugira ngo twumve icyo Nyagasani yagutegetse kutubwira cyose.»


Abantu b’aho barushaga ubupfura ab’i Tesaloniki, bakirana umutima mwiza ijambo ry’Imana, buri munsi bagasesengura Ibyandi tswe, kugira ngo barebe niba ibyo Pawulo avuga ari ko biri.


Ku bw’ingabire nahawe, reka ngire icyo mbwira buri wese muri mwe: ntimukirebe ibisumbye uko mugomba kwireba, ahubwo muzirikane ibifasha kwiyoroshya, buri wese mu rugero rw’ukwemera Imana yamugeneye.


Niba hari uwikekaho ubuhanuzi, cyangwa ko ahishurirwa na Roho, amenyereho ko ibyo mbandikiye ari itegeko rya Nyagasani.


Ntihakagire uwihenda: niba hari uwikekaho kuba umuhanga ku bw’iyi si, nabanze yihindure umusazi kugira ngo abe umunyabwenge nyakuri;


Niba hari uwibwira ko hari icyo azi, ntarageza aho kumenya uko bikwiye.


Icyakora jyewe ubwanjye simbuze impamvu zo kwiringira iby’umubiri, ndetse nzirusha uwo ari we wese wabyiringira:


Ni yo mpamvu tugomba guhugukira cyane ibyo twumvise, niba tudashaka kugenda tuyobagurika.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan