Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Luka 21:12 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

12 Ariko mbere y’ibyo byose, bazabafata, babatoteze, babace mu masengero, babarohe mu buroko; bazabajyana imbere y’abami n’abatware, babaziza izina ryanjye.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

12 Ariko ibyo byose bitaraza bazabafata babarenganye, babajyane mu masinagogi no mu mazu y'imbohe, babashyīre abami n'abategeka babahora izina ryanjye,

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

12 Ariko mbere y'ibyo byose bazabafata babatoteze, babajyane mu nsengero zabo kugira ngo babacire iteka, maze babarohe muri gereza. Bazabashyikiriza abami n'abategetsi ari jye muhōrwa.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

12 Ariko mbere y'ibyo byose bazabafata babatoteze, babajyane mu nsengero zabo kugira ngo babacire iteka, maze babarohe muri gereza. Bazabashyikiriza abami n'abategetsi ari jye muhōrwa.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Luka 21:12
31 Iomraidhean Croise  

maze abandi bafata abagaragu babagirira nabi, barabica.


Ibyo byose bizamera nk’intangiriro y’ububabare bw’umugore wenda kubyara.


Hazaba imitingito y’isi ikomeye, ahandi hatere ibyorezo n’inzara. Hazaba ibintu biteye ubwoba, n’ibimenyetso bikomeye biturutse ku ijuru.


Mwibuke ijambo nababwiye ko ’Nta mugaragu uruta shebuja.’ Niba barantoteje namwe bazabatoteza, niba barubashye amagambo yanjye, n’ayanyu bazayubaha.


Ibyo byose bazabibagirira babaziza izina ryanjye, kuko batazi Uwantumye.


Bukeye bw’uwo munsi, umugaba w’ingabo ashaka kumenya neza icyo Abayahudi barega Pawulo, aramubohora, hanyuma ategeka ko abatware b’abaherezabitambo n’Inama nkuru yose baterana, azana Pawulo amuhagarika imbere yabo.


bahamagara Intumwa bazikubita ibiboko, bazibuza rwose kongera kwigisha mu izina rya Yezu, maze barazirekura.


Naho Sawuli we agumya kuyogoza Kiliziya, akinjira mu mazu, agafata abagabo n’abagore, akabashyira mu buroko.


Yitura hasi, maze yumva ijwi rimubwira riti «Sawuli, Sawuli! Urantotereza iki?»


Nimuyoboke rero ubutegetsi bwose bw’abantu ku mpamvu ya Nyagasani: yaba umwami mu mwanya we w’ikirenga,


Ntutinye ibigiye kukubabaza. Dore Sekibi agiye kujugunya mu buroko bamwe muri mwe kugira ngo abagerageze, maze muzagire amagorwa y’iminsi cumi. Urabe indahemuka kugeza ku rupfu, maze nzakwambike ikamba ry’ubugingo.’


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan