Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Luka 16:9 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

9 Reka rero mbabwire: ayo matindi y’amafaranga nimuyashakishe incuti, kugira ngo umunsi mwayabuze izo ncuti zizabakire aho muzibera iteka.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

9 “Kandi ndababwira nti ‘Ubutunzi bubi mubushakisha incuti, kugira ngo nibushira bazabākīre mu buturo bw'iteka.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

9 Yezu yungamo ati: “Reka mbabwire: amafaranga ni amatindi, nyamara mujye muyashakisha incuti kugira ngo igihe yabashizeho, izo ncuti zizabakire iyo muzibera iteka.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

9 Yezu yungamo ati: “Reka mbabwire: amafaranga ni amatindi, nyamara mujye muyashakisha incuti kugira ngo igihe yabashizeho, izo ncuti zizabakire iyo muzibera iteka.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Luka 16:9
28 Iomraidhean Croise  

Umubiri wanjye n’umutima wanjye bishobora gucogora, ariko wowe, Mana yanjye, uri urutare negamiye n’umugabane wanjye iteka ryose!


Ikamba ry’abanyabuhanga ni ukumenya gushishoza, naho iby’abapfayongo ni ubusazi bwabo.


Ugiriye impuhwe umukene, aba agurije Uhoraho, kandi iyo neza ni we uzayimwitura.


umara kubura amaso ubureba, ugasanga bwayoyotse, kuko wagira ngo bumera amababa, maze bukaboneza iy’ikirere nka kagoma.


Jugunya umugati wawe hejuru y’amazi amaherezo uzakugarukira.


Nta bwo nshaka guhora njya impaka, cyangwa se guhora ndakaye, kuko ibiremwa naremye, byarimbukira imbere yanjye.


Yezu aramubwira ati «Niba ushaka kuba intungane, genda ugurishe ibyo utunze, ibivuyemo ubihe abakene, maze uzagire ubukungu mu ijuru; hanyuma uze unkurikire.»


Ntimugashakire ubukungu hano mu nsi, aho udusimba n’imungu byonona, aho abajura baca ibyuho bakiba.


Nta wushobora gukorera ba shebuja babiri: azanga umwe akunde undi, cyangwa azibanda kuri umwe, asuzugure undi. Ntimushobora gukorera Imana na Bintu.


Ahubwo nimujye mutanga imfashanyo ku byo mutunze, byose bizabatunganira.


Nimugurishe ibyo mutunze, mubifashishe abakene. Nimwishakire impago zidasaza n’ubukungu butazashira bwo mu ijuru, aho umujura atagera n’aho imungu itonona.


Ubwo ni bwo uzaba uhirwa kuko bo badafite ibyo bakwitura, maze ibyo uzabyiturwe ku munsi w’izuka ry’intungane.»


None se nimuterekana ko muri indahemuka mu matindi y’amafaranga, ni nde uzabashinga ibifite agaciro k’ukuri?


Nta mugaragu ushobora gukorera ba shebuja babiri: azanga umwe akunde undi, cyangwa azibanda kuri umwe asuzugure undi. Ntimushobora gukorera Imana na Bintu.»


Mbonye uko nzabigenza kugira ngo, nimara kuva mu bintu bye, nzabone abanyakira iwabo.’


maze arambwira ati ’Koruneli, isengesho ryawe ryakiriwe n’ubuntu bwawe buribukwa mu maso y’Imana.


Undi amuhanga amaso, ubwoba buramutaha, ni ko gusubiza ati «Ni iki se, Nyagasani?» Umumalayika aramubwira ati «Amasengesho yawe n’ubuntu bwawe byageze ku Mana, ntibyibagirwa.


Kandi n’amagorwa yacu muri iki gihe gihita nta cyo adutwaye, uyagereranije n’ikuzo adutegurira ry’akataraboneka kandi rizahoraho.


mwikomeze mu rukondo rw’Imana; mushingire amizero yanyu ku mpuhwe z’Umwami wacu Yezu Kristu, kugira ngo muronke ubugingo buhoraho.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan