Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Luka 16:2 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

2 Aramuhamagaza, aramubwira ati ’Ibyo numva bakuvugaho ni ibiki? Murikira ibyanjye kuko kuva ubu utazongera kumbera mu bintu.’

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

2 Aragihamagara arakibwira ati ‘Ibyo nkumvaho ni ibiki? Murikira ibyo nakubikije kuko utagikwiriye kuba igisonga cyanjye.’

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

2 Nuko aramuhamagara aramubaza ati: ‘Ibyo nkumvaho ni ibiki? Ngaho murikira ibyanjye kuko kuva ubu utagikomeje kumbera mu bintu.’

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

2 Nuko aramuhamagara aramubaza ati: ‘Ibyo nkumvaho ni ibiki? Ngaho murikira ibyanjye kuko kuva ubu utagikomeje kumbera mu bintu.’

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Luka 16:2
23 Iomraidhean Croise  

Koko rero, Imana izahamagaza ikiremwa cyose, igicire urubanza ku byihishe byose, ari ibyiza ari n’ibibi.


Ndabibabwira: ku munsi w’urubanza, abantu bazabazwa ijambo ryose ritagira aho rishingiye bazaba baravuze.


Bugorobye, nyir’imizabibu abwira umuhingisha, ati ’Hamagara abakozi, ubahe igihembo cyabo, uhere ku baje nyuma, uheruke abaje mbere.’


Ariko Imana iramubwira iti ’Wa kiburabwenge we, muri iri joro uri bunyagwe ubuzima bwawe. Ubwo se ibyo wahunitse bizaba ibya nde?’


Nyagasani aramusubiza ati «Murabona umunyabintu w’inyangamugayo kandi uzi ubwenge yaba uwuhe, ngo shebuja azamushinge abo mu rugo rwe, maze ajye abaha umugabane wabo w’ingano mu gihe gikwiye?


Nuko akomeza kubwira abigishwa be ati «Habayeho umuntu w’umukungu wari ufite umunyabintu yashinze ibintu bye, maze bamumuregaho ko abipfusha ubusa.


Nuko uwo munyabintu aribaza ati ’Nzabigenza nte ko databuja ankuye mu bintu bye? Guhinga? Sinabishobora. Gusabiriza? Binteye isoni.


Nuko rero, umuntu wese azisobanurira ibye imbere y’Imana.


Koko rero, bavandimwe, abo kwa Kolowe bambwiye ko mwifitemo amakimbirane.


Kandi icyo abagabuzi batezweho si ikindi kindi atari ukuba indahemuka.


Namwe rero ntimugace imanza igihe kitaragera, mutegereze ko Nyagasani azaza, agashyira ahabona ibihishwe mu mwijima, akanatangaza ibyo umutima ubundikiye. Ubwo ni bwo Imana izaha buri wese ishimwe rimukwiye.


Kuko twese tuzahinguka imbere y’urukiko rwa Kristu, ngo buri wese ahabwe igikwiye ibyo yakoze akiri mu buzima bw’umubiri, byaba ibyiza cyangwa ibibi.


Ntuzarangarane ingabire y’Imana ikurimo, ya yindi wahawe igihe ugaragaweho n’ubuhanuzi, maze urugaga rw’abakuru b’umuryango rukakuramburiraho ibiganza.


Hariho abantu ibyaha bihama na mbere y’uko babacira urubanza; ariko hariho n’abo bigaragaraho nyuma.


mufashanye buri wese akurikije ingabire yahawe, mbese mube nk’abagabuzi beza b’ingabire zinyuranye z’Imana.


Nyamara bazabyibarizwa n’Imana, Yo yiteguye gucira imanza abazima n’abapfuye.


Hanyuma mbona abapfuye, abakuru n’abato, bari bahagaze imbere y’intebe y’ubwami; nuko ibitabo birabumburwa. Habumburwa ikindi gitabo, ari cyo cy’ubugingo; maze abapfuye bacirwa imanza hakurikijwe ibikorwa byabo byanditswe muri ibyo bitabo.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan