Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Luka 15:10 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

10 Ndabibabwiye: nguko uko abamalayika b’Imana bazishima kubera umunyabyaha umwe wisubiyeho.»

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

10 Ndababwira yuko ari ko haba umunezero mwinshi imbere y'abamarayika b'Imana, bishimira umunyabyaha umwe wihannye.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

10 Reka mbabwire: ni na ko mu ikoraniro ry'abamarayika b'Imana bishimira umunyabyaha umwe wihannye.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

10 Reka mbabwire: ni na ko mu ikoraniro ry'abamarayika b'Imana bishimira umunyabyaha umwe wihannye.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Luka 15:10
23 Iomraidhean Croise  

Ndabibabwiye: nguko uko umunyabyaha umwe wisubiraho azatera ibyishimo mu ijuru, birenze iby’intungane mirongo urwenda n’icyenda zidakeneye kwisubiraho.


Kuko akababaro kanyuze Imana gatera kwisubiraho bigeza ku mukiro. Ibyo rero nta n’umwe wabyicuza. Naho akababaro gaheze mu by’isi gusa, gakurura urupfu.


Babwire ko mbirahiye ubugingo bwanjye — uwo ni Nyagasani Uhoraho ubivuzenta bwo njya nishimira urupfu rw’umugome, ahubwo nishimira ko yahinduka akazibukira imyifatire ye mibi, kugira ngo abone kubaho. Nimuhinduke rero muzibukire iyo nzira mbi yanyu! Ni kuki se mwarinda gupfa, muryango wa Israheli?»


Mbese nakwishimira nte urupfu rw’umunyabyaha, uwo ni Nyagasani Uhoraho ubivuze, ahubwo nakwishimiye ko yahinduye imyifatire ye maze akabaho?


Oya! Ahubwo reka mbabwire: nimuticuza, mwese muzapfa kimwe na bo.»


Ni na ko So wo mu ijuru adashaka ko hari umwe muri abo bato uzimira.


Nta bwo nishimira urupfu rw’umuntu uwo ari we wese, nimuhinduke maze mubeho! Uwo ni Nyagasani Uhoraho ubivuze.»


Abamalayika rero bagenewe iki? Si ibiremwa se bigaragira Imana kandi yohereza gufasha abazahabwa umurage w’uburokorwe?


Bumvise ibyo baratuza, bakuza Imana bavuga bati «Noneho Imana yahaye n’abanyamahanga kwisubiraho kugira ngo baronke ubugingo!»


Ni cyo gitumye nkubwira nti: ibyaha bye byose uko bingana arabibabariwe, kubera urukundo rwe rwinshi. Naho ubabariwe bike, akunda buke.»


Mwirinde kugira uwo musuzugura muri abo bato; koko rero ndababwira ko mu ijuru abamalayika babo badahwema kureba uruhanga rwa Data wo mu ijuru.


Kandi wenda wamubuze igihe gito none arakugarukiye, kugira ngo uzamuhorane iteka.


Nyamara muri iryo joro, Umumalayika wa Nyagasani akingura inzugi z’uburoko, abakuramo maze arababwira ati


Umuntu wese uzanyemera mu maso y’abantu, nanjye nzamwemera imbere ya Data uri mu ijuru;


Ndabibabwiye: umuntu wese uzanyemera mu maso y’abantu, Umwana w’umuntu na we azamwemera imbere y’abamalayika b’Imana.


Naho uzanyihakana mu maso y’abantu, na we azihakanwa imbere y’abamalayika b’Imana.


Iyo amaze kukibona akoranya incuti n’abaturanyi, akababwira ati ’Nimuze twishimane, kuko nabonye igiceri cyanjye nari natakaje!’


Arongera ati «Umugabo yari afite abahungu babiri.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan