Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Luka 13:16 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

16 None, uyu mwana wa Abrahamu Sekibi yaboshye imyaka cumi n’umunani, ngo ntiyakurwa ku ngoyi ku munsi w’isabato?»

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

16 Kandi uyu ko ari umukobwa wa Aburahamu, akaba amaze iyi myaka cumi n'umunani aboshywe na Satani, ntiyari akwiye kubohorwa iyi ngoyi ku munsi w'isabato?”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

16 None uyu mugore dore imyaka ibaye cumi n'umunani aboshywe na Satani, kandi ari mwene Aburahamu, mbese ntibyari ngombwa ko abohorwa iyo ngoyi ku munsi w'isabato?”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

16 None uyu mugore dore imyaka ibaye cumi n'umunani aboshywe na Satani, kandi ari mwene Aburahamu, mbese ntibyari ngombwa ko abohorwa iyo ngoyi ku munsi w'isabato?”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Luka 13:16
11 Iomraidhean Croise  

abasohora mu mwijima no mu gicucu cy’urupfu, acagagura ingoyi zari zibaboshye.


Yezu aramusubiza ati «Igirayo, Sekibi, kuko handitswe ngo ’Uzaramye Nyagasani, Imana yawe, abe ari We uzakorera wenyine.’»


Nuko Yezu arababwira ati «Isabato ibereyeho umuntu, nta bwo ari umuntu ubereyeho isabato!


Nuko atera hejuru ati ’Mubyeyi Abrahamu, mbabarira wohereze Lazaro, akoze umutwe w’urutoki rwe mu mazi, maze aze ambobeze ku rurimi, kuko nazahajwe n’uyu muriro.’


Yezu ni ko kuvuga ati «Uyu munsi umukiro watashye muri iyi nzu, kuko uyu na we ari umwana wa Abrahamu.


Noneho nimugaragaze imigenzereze ikwiranye n’ukwisubiraho nyako! Kandi ntimwitwaze ngo ’Abrahamu ni we mubyeyi wacu!’ Ndetse mbiberurire, aya mabuye muruzi, Imana ishobora kuyabyutsamo abana ba Abrahamu!


Ubabyara koko ni Sekibi, none murashaka gukora ibyo so yifuza. Kuva mu ntangiriro yamye ari umwicanyi, kandi ntiyigeze aba mu kuri, kuko atigeze atunga ukuri. Igihe avuga ibinyoma, aba avuga ibiri ibye, kuko yamye ari umubeshyi, ndetse akaba na Sekinyoma.


Bavandimwe, mwaba urubyaro rwa Abrahamu cyangwa se mwaba abatinya Imana, iri jambo ry’umukiro ni mwe ryohererejwe.


bakongera gushyira mu gaciro bamaze kwigobotora mu mitego ya Sekibi wari warabagize imfungwa ze, akabakoresha icyo ashaka.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan