Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Luka 12:9 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

9 Naho uzanyihakana mu maso y’abantu, na we azihakanwa imbere y’abamalayika b’Imana.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

9 ariko unyihakanira imbere y'abantu, na we azihakanirwa imbere y'abamarayika b'Imana.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

9 Ariko uzanyihakanira imbere y'abantu, Umwana w'umuntu na we azamwihakanira imbere y'abamarayika b'Imana.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

9 Ariko uzanyihakanira imbere y'abantu, Umwana w'umuntu na we azamwihakanira imbere y'abamarayika b'Imana.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Luka 12:9
15 Iomraidhean Croise  

naho uzanyihakana mu maso y’abantu, nanjye nzamwihakana mu maso ya Data uri mu ijuru.


We rero arabasubiza ati ’Ndababwira ukuri: simbazi!’


Igihe Umwana w’umuntu azaza yuje ikuzo, ashagawe n’abamalayika bose, ubwo azicara ku ntebe ye y’ikuzo.


Hanyuma azabwire n’ab’ibumoso, ati ’Nimumve iruhande, mwa bivume mwe, mujye mu muriro w’iteka wagenewe Sekibi n’abamalayika be;


Ubwo nzaba bwira nti ’Sinigeze mbamenya; nimwigireyo, mwa nkozi z’ibibi mwe!’


Koko rero, umuntu uzanyihakana agahinyura n’amagambo yanjye imbere ya bariya bantu b’abasambanyi kandi b’abanyabyaha, Umwana w’umuntu na we azamwihakana igihe azazira mu ikuzo rya Se, ashagawe n’abamalayika batagatifu.»


Ndabibabwiye: nguko uko abamalayika b’Imana bazishima kubera umunyabyaha umwe wisubiyeho.»


Ariko Petero ahakana, avuga ati «Wa mugore we, uwo muntu nta bwo muzi.»


Koko rero, umuntu uzanyihakana, agahakana n’amagambo yanjye, uwo nguwo Umwana w’umuntu na we azamwihakana, igihe azazira mu ikuzo rye, n’irya Se, n’iry’Abamalayika batagatifu.


nituba intwari hamwe na We, tuzima ingoma hamwe na We; nitumwihakana, na We azatwihakana;


Umuntu wese uhakana Mwana, ntaba ari kumwe n’Imana Data; naho uhamya Mwana, aba ari kumwe n’Imana Data.


Bityo, twana twanjye, nimugume muri We, kugira ngo igihe azigaragariza, tuzagire amizero yuzuye, kandi twe kuzakorwa n’isoni zo kuba turi kure ye, igihe cy’amaza ye.


’Nzi neza ibikorwa byawe. Dore nashyize imbere yawe umuryango ukinguye, utagira n’umwe wabasha kuwukinga. Ufite imbaraga nke, nyamara washoboye gukomera ku ijambo ryanjye, kandi ntiwihakana izina ryanjye.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan