Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Luka 1:74 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

74 avuga ko namara kutugobotora mu maboko y’abanzi bacu, azaduha kumukorera nta cyo twikanga,

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

74 Ko nitumara gukizwa amaboko y'abanzi bacu, Tuzayisenga tudatinya,

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

74 yamurahiye ko izatuvana mu maboko y'abanzi bacu.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

74 yamurahiye ko izatuvana mu maboko y'abanzi bacu.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Luka 1:74
21 Iomraidhean Croise  

Muzatinye Uhoraho, Imana yanyu, we uzabagobotora mu maboko y’abanzi banyu bose.»


Unkize abantu banshikamiye, kugira ngo nkurikize amabwiriza yawe.


umuryango nihangiye, kandi uzahora uvuga ibisingizo byanjye.


Israheli izakizwa n’Uhoraho, kandi azaba ayikijije burundu; mwebwe rero, ntimuteze kuzakorwa n’isoni, ntimuzanagira ikimwaro bibaho.


«Avuze atya Uhoraho, Umugaba w’ingabo: Ugusiba kurya ko mu kwezi kwa kane, mu kwezi kwa gatanu, mu kwezi kwa karindwi no mu kwezi kwa cumi, inzu ya Yuda kuzayihindukiramo iminsi y’umunezero, y’ibyishimo n’ibirori bihimbaje. Nyamara ariko, nimukunde ukuri n’amahoro!»


ko azadukiza abanzi bacu, akatugobotora mu nzara z’abatwanga bose.


ya ndahiro yarahiye Abrahamu umubyeyi wacu,


turangwa n’ubuyoboke hamwe n’ubutungane, iminsi yose y’ukubaho kwacu.


Ariko ubu ngubu, kuva aho mugobotorewe icyaha, mukaba abagaragu b’Imana, mweze imbuto zigeza ku butagatifu, amaherezo akazaba ubugingo bw’iteka.


Kandi rero ntimwahawe roho y’ubucakara ibasubiza nanone mu bwoba, ahubwo mwahawe roho ibagira abana bishingiwe kibyeyi, igatuma dutera hejuru tuti «Abba! Data!»


Koko rero, Imana ntiyaduhaye umutima wuje ubwoba, ahubwo yaduhaye umutima wuje imbaraga, urukundo no kwitsinda.


maze abohore abatinyaga urupfu rubahoza mu bucakara igihe cy’ubuzima bwabo bwose.


nk’amaraso ya Kristu wituye Imana ho igitambo kitagira inenge ku bwa Roho Uhoraho, yo azarushaho ate gusukura umutima wacu, awukiza ibikorwa bitera urupfu, ngo dushobore gusingiza Imana Nzima?


Ntutinye ibigiye kukubabaza. Dore Sekibi agiye kujugunya mu buroko bamwe muri mwe kugira ngo abagerageze, maze muzagire amagorwa y’iminsi cumi. Urabe indahemuka kugeza ku rupfu, maze nzakwambike ikamba ry’ubugingo.’


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan