Kubara 2:2 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu2 «Buri Muyisraheli azagandike mu mutwe w’ingabo we, hafi y’ibendera ry’inzu akomokamo. Abayisraheli kandi bazagandika berekeye ihema ry’ibonaniro, ariko boye kuryegera cyane. Faic an caibideilBibiliya Yera2 “Abisirayeli bajye babamba amahema yabo, umuntu wese ahererane n'ibendera ry'ababo, kandi babe munsi y'utubendera tw'amazu ya ba sekuru, berekeze amahema yabo ihema ry'ibonaniro bayarigoteshe. Faic an caibideilBibiliya Ijambo ry'imana D2 “Abisiraheli bose bajye bashinga amahema yabo hafi y'ikirangamuryango cyabo n'ibendera ry'umutwe w'ingabo barimo, bajye bayazengurutsa ahitaruye Ihema ry'ibonaniro. Faic an caibideilBibiliya Ijambo ry'imana2 “Abisiraheli bose bajye bashinga amahema yabo hafi y'ikirangamuryango cyabo n'ibendera ry'umutwe w'ingabo barimo, bajye bayazengurutsa ahitaruye Ihema ry'ibonaniro. Faic an caibideil |
Uhoraho arambwira, ati «Mwana w’umuntu, aha ni ho hagenewe intebe yanjye y’ubwami, ni na ko kabaho nzajya nkandagizaho ibirenge byanjye. Nzatura mu Bayisraheli rwagati iteka ryose; kandi umuryango wa Israheli, bo ubwabo n’abami babo, ntibazongera kwandavuza ukundi izina ryanjye ritagatifu, nk’uko babigenje mbere. Mu by’ukuri ntibahwemye kuryandavurisha uburaya bwabo n’imva z’abami babo;