Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Kubara 1:4 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

4 Muzifashishe umuntu umwe wa buri muryango, mbese usanzwe ari umutware w’inzu y’iwabo.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

4 Mufatanye n'umuntu wo mu muryango wose w'umutware w'inzu ya ba sekuru.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

4 mufatanyije n'umutware w'inzu wo muri buri muryango, uko ari cumi n'ibiri.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

4 mufatanyije n'umutware w'inzu wo muri buri muryango, uko ari cumi n'ibiri.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Kubara 1:4
19 Iomraidhean Croise  

Nuko Salomoni akoranyiriza iruhande rwe i Yeruzalemu abakuru ba Israheli, abatware b’imiryango n’ibikomangoma byo mu mazu y’Abayisraheli, kugira ngo bazamure Ubushyinguro bw’Isezerano ry’Uhoraho, babuvanye mu Murwa wa Dawudi, ari wo Siyoni.


Ahasigaye, utoranye muri rubanda rwose abantu b’inyangamugayo kandi batinya Imana, abantu b’intabera kandi batikanyiza; maze ubagire abatware bategeka abantu igihumbi, n’abatware bategeka abantu ijana, n’abatware bategeka abantu mirongo itanu, n’abatware bategeka abantu cumi.


Musa atoranya muri Israheli yose abantu b’inyangamugayo, maze abashyiraho ngo babe abatware ba rubanda: abatware bategeka abantu igihumbi, n’abatware bategeka abantu ijana, n’abatware bategeka abantu mirongo itanu, n’abatware bategeka abantu icumi.


Ngabo abari bahagarariye imbaga ari na bo bakuru b’imiryango ya ba sekuruza, bakaba abagaba b’ingabo za Israheli.


Iyo ni yo mibare y’ababaruwe na Musa na Aroni, na ba batware cumi na babiri uko bagiye bava muri buri muryango wa Israheli.


Ibyotezo by’abo bantu bacumuye bakikururira urupfu, bazabicurishe babikuremo ibyuma byo kubambika ku rutambiro. Kuko babituye Uhoraho, ubu byabaye bitagatifu. Bizabera kandi Abayisraheli urwibutso.»


Umuyisraheli wicanywe na wa mukobwa w’Umumadiyanikazi yitwaga Zimiri mwene Salu, akaba ndetse yari n’umutware w’inzu imwe mu muryango wa Simewoni.


Nuko Uhoraho abwira Musa, ati «Fata abatware b’umuryango bose, ubamanike ku biti imbere y’Uhoraho, ahateganye n’izuba. Bityo umujinya Uhoraho afitiye Abayisraheli uzahosha.»


Musa abwira Abayisraheli ibyo Uhoraho yari yamutegetse byose.


Nuko Musa, Aroni n’abatware b’imbaga babarura bene Kehati mu mazu yabo no mu miryango yabo.


Abatware bahagarariye imiryango ya Israheli, bazana amaturo yabo imbere y’Uhoraho:


Ni bwo rero ntoranyije abakuru b’imiryango yanyu, abantu b’impuguke kandi b’inararibonye, maze mbagira abatware b’imiryango yanyu: bamwe bagatwara abantu igihumbi, abandi ijana, abandi mirongo itanu, abandi icumi; nongeraho n’abashinzwe kubahiriza amategeko.


Yari aherekejwe n’abakuru b’imiryango cumi, umukuru umwe muri buri muryango w’Abayisraheli, buri muntu akaba yari umutware mu muryango wabo, uko imiryango y’Abayisraheli yanganaga.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan