Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Ibyakozwe 7:60 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

60 Nuko arapfukama maze atera hejuru ati «Nyagasani, ntubahore iki cyaha.» Ngo amare kuvuga ibyo, araca.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

60 Arapfukama avuga ijwi rirenga ati “Mwami, ntubabareho iki cyaha.” Amaze kuvuga atyo arasinzira. Nuko Sawuli na we ashima ko yicwa.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

60 Nuko arapfukama avuga aranguruye ati: “Nyagasani, ubababarire iki cyaha.” Akimara kuvuga atyo araca.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

60 Nuko arapfukama avuga aranguruye ati: “Nyagasani, ubababarire iki cyaha.” Akimara kuvuga atyo araca.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Ibyakozwe 7:60
23 Iomraidhean Croise  

Igihe cy’igitambo cya nimugoroba kigeze, mpaguruka aho nari nicaye nigunze, umwambaro wanjye n’igishura cyanjye byashwanyaguritse, maze ndapfukama, ntega amaboko nyerekeje kuri Uhoraho Imana yanjye.


Imva zirakinguka, n’imibiri y’abatagatifu benshi bapfuye irazuka.


Jyeweho ndababwira ngo ’Nimukunde ababanga, musabire ababatoteza’.


Nuko arabitarura ajya ahareshya n’aho umuntu yatera ibuye; arapfukama, asenga agira ati


Nuko Yezu yambaza avuga ati «Dawe, bababarire, kuko batazi icyo bakora.» Hanyuma bigabanya imyambaro ye, bayikoreyeho ubufindo.


mwifurize ineza ababavuma, musabire abababeshyera.


Amaze kubabwira ibyo, yungamo, ati «Incuti yacu Lazaro arasinziriye, ngiye kumukangura.»


Dawudi akiriho yarangije ugushaka kw’Imana, arasaza maze ashyingurwa hamwe n’abasekuruza be kandi yarashangutse.


Pawulo amaze kuvuga ibyo, arapfukama hamwe n’abo bari kumwe bose, maze arasenga.


Nyamara ya minsi ngo irangire, turahaguruka dukomeza urugendo, bose baraduherekeza hamwe n’abagore n’abana baturenza umugi. Nuko dupfukama aho ku nkombe y’inyanja turasenga;


Nuko Petero aheza abantu bose, arapfukama arasenga; hanyuma ahindukirira umurambo aravuga ati «Tabita, haguruka!» Nuko ngo abumbure amaso abona Petero, areguka maze aricara.


Ni cyo gituma benshi muri mwe barwaye kandi bamugaye, ndetse bamwe bakaba barapfuye.


Bityo rero, n’abapfuye bizeye Kristu barayoyotse.


Oya kandi, Kristu yazutse koko mu bapfuye, aba umuzukambere mu bapfuye bose.


Ngiye noneho kubahishurira ibanga. Twese ntituzapfa; ahubwo twese tuzahindurwa ukundi,


Hanyuma yongeye kubonwa n’abavandimwe magana atanu icya rimwe; abenshi muri bo baracyariho, abandi barapfuye.


wadupfiriye kugira ngo, twaba bazima cyangwa twaba twarapfuye, duhore twunze ubumwe na we.


Ubwo najyaga mu rukiko bwa mbere kugira ngo niregure, nta n’umwe wanshyigikiye; bose barantereranye. Ntibazabihorwe!


maze bakazabakwena bagira bati «Mbese isezerano ry’uko azaza ryaba rigeze he? Kuko kuva igihe ababyeyi bacu bapfiriye, byose bikomeza kuba uko byari bimeze mu ntangiriro y’iremwa ry’isi.»


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan