Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Ibyakozwe 5:13 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

13 Ariko n’ubwo rubanda babashimaga, ntihagire n’umwe utinyuka kubegera.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

13 Ariko nubwo abantu bose babahimbazaga cyane, ntihagiraga n'umwe muri bo watinyukaga kwifatanya na bo.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

13 Ariko nubwo rubanda babashimaga, nta n'umwe watinyukaga kuhabasanga.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

13 Ariko nubwo rubanda babashimaga, nta n'umwe watinyukaga kuhabasanga.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Ibyakozwe 5:13
19 Iomraidhean Croise  

Umugore abwira Eliya, ati «Mpfa iki nawe, muntu w’Imana? Ese wazanywe iwanjye no kwibutsa Imana icyaha cyanjye, ngo wicishe umwana wanjye?»


Muri Siyoni, abanyabyaha bagize ubwoba, abahemu barahinda umushyitsi, bakabazanya bati «Ni nde muri twe uzahangara uwo muriro utwika? Ni nde muri twe uzahangara iryo tanura ritazima?»


Nyamara ntibabona aho bamuturuka, kuko rubanda rwose bari bamuteze amatwi, bitaye cyane ku byo yavugaga.


Icyakora benshi, ndetse no mu batware baramwemeraga, ariko kubera Abafarizayi ntibatinyuke kubyemeza, banga gucibwa mu isengero,


Ibyo birangiye, Yozefu w’ahitwa Arimatiya, wari umwigishwa wa Yezu rwihishwa kuko yatinyaga Abayahudi, asaba Pilato gutwara umurambo wa Yezu. Pilato arabimwemerera. Nuko araza ajyana umurambo wa Yezu.


Ababyeyi be bavuze batyo babitewe no gutinya Abayahudi, kuko Abayahudi bari babyumvikanyeho ko umuntu wese uzemera ko Yezu ari Kristu, bazamuca mu isengero.


Abaturage bose b’i Efezi, Abayahudi kimwe n’Abagereki, ngo babimenye bashya ubwoba, basingiza izina rya Nyagasani Yezu.


Basingizaga Imana kandi bagashimwa n’abantu bose; nuko Nyagasani akagwiza uko bukeye umubare w’abacunguwe.


Bamaze kubuka inabi barabarekura, kuko babuze uko babahana kubera rubanda basingizaga Imana bakurije ku byari byabaye.


Nuko umutegeka w’Ingoro ajyana n’abagaragu be kuzana Intumwa, ariko batazakuye, kuko batinyaga ko rubanda babatera amabuye.


Ananiya ngo yumve ayo magambo, yitura hasi, araca; maze ababyumvise bose bashya ubwoba.


Nta bwo twikabiriza nk’abiratana imirimo yakozwe n’abandi, ahubwo dufite icyizere ko, nimukomeza gutera imbere mu kwemera, tuzarushaho kwagura umurimo wacu muri mwe,


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan