Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Ibyakozwe 4:21 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

21 Bamaze kubuka inabi barabarekura, kuko babuze uko babahana kubera rubanda basingizaga Imana bakurije ku byari byabaye.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

21 Na bo bongeye kubakangisha barabarekura, babuze uko babahana batinya abantu, kuko bose bahimbarizaga Imana ibyabaye.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

21 Bamaze kubuka inabi barabarekura. Ubwo bari babuze uko babahana, kubera ko rubanda rwose basingizaga Imana bakurije ku byabaye.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

21 Bamaze kubuka inabi barabarekura. Ubwo bari babuze uko babahana, kubera ko rubanda rwose basingizaga Imana bakurije ku byabaye.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Ibyakozwe 4:21
18 Iomraidhean Croise  

Nuko rubanda baratangara babonye ibiragi bivuga, ibimuga bikize, abacumbagira bagenda, impumyi zibona, maze basingiza Imana ya Israheli.


Nuko bashaka kumufata, ariko batinya rubanda rwabonaga ko ari umuhanuzi.


Icyakora baravugaga bati «Ntibizabe ku munsi mukuru, ejo rubanda rudatera imidugararo.»


Roho mbi imaze kwirukanwa, icyo kiragi kiravuga. Rubanda baratangara bati «Nta bintu nk’ibi byigeze biboneka muri Israheli!»


Rubanda babibonye, barakangarana; nuko basingiza Imana yahaye abantu ububasha bungana butyo.


Amaze kuvuga atyo, abanzi be bose bagira ikimwaro, naho rubanda rwishimira ibitangaza yakoraga.


Abigishamategeko n’abatware b’abaherezabitambo bashaka uko bahita bamufata ako kanya, ariko batinya rubanda. Bari bumvise neza ko ari bo yavugaga muri uwo mugani.


Nituramuka tuvuze ko yaturutse ku bantu, rubanda rwose baradutera amabuye kuko bemera ko Yohani ari umuhanuzi.»


Nuko abatware b’abaherezabitambo n’abigishamategeko bashakaga aho bamuturuka ngo bamwice, ariko bagatinya rubanda.


Nuko bose barumirwa, basingiza Imana, kandi barakangarana, bakavuga bati «Uyu munsi twabonye ibintu bitangaje!»


Ariko kugira ngo bidakomeza kwamamara muri rubanda, nimucyo tubakange, tubabuze kuzongera kugira uwo babwira bitwaje iryo zina.»


Koko kandi, uwo muntu wari wakijijwe ku buryo bw’agatangaza yari arengeje imyaka mirongo ine.


Ariko n’ubwo rubanda babashimaga, ntihagire n’umwe utinyuka kubegera.


Nuko umutegeka w’Ingoro ajyana n’abagaragu be kuzana Intumwa, ariko batazakuye, kuko batinyaga ko rubanda babatera amabuye.


bahamagara Intumwa bazikubita ibiboko, bazibuza rwose kongera kwigisha mu izina rya Yezu, maze barazirekura.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan