Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Ibyakozwe 4:1 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

1 Igihe Petero na Yohani bariho babwira rubanda, abaherezabitambo, umutegeka w’Ingoro n’Abasaduseyi baraza, barabegera.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

1 Bakivugana n'abantu, abatambyi bazana aho bari n'umutware w'urusengero n'Abasadukayo,

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

1 Igihe Petero na Yohani bakivugana n'abantu, abatambyi n'umutware w'abarinzi b'Ingoro y'Imana n'Abasaduseyi baba baraje, babahagarara iruhande.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

1 Igihe Petero na Yohani bakivugana n'abantu, abatambyi n'umutware w'abarinzi b'Ingoro y'Imana n'Abasaduseyi baba baraje, babahagarara iruhande.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Ibyakozwe 4:1
20 Iomraidhean Croise  

Nuko bumva ko atari yababwiye kwirinda umusemburo w’imigati, ahubwo kwirinda inyigisho z’Abafarizayi n’iz’Abasaduseyi.


Nuko bamutumaho abigishwa babo n’Abaherodiyani. Baramubaza bati «Mwigisha, tuzi ko uvuga ukuri kandi ukigisha inzira y’Imana nta cyo wikanga, kuko udatinya amaso y’abantu.


Ariko abatware b’abaherezabitambo n’abakuru b’umuryango bemeza rubanda ko basaba Barabasi, naho Yezu bakamwicisha.


Abatware b’abaherezabitambo na bo bakamuseka, n’abigishamategeko, n’abakuru b’umuryango, bati


Abonye Abafarizayi n’Abasaduseyi benshi baje kubatizwa, arababwira ati «Mwa nyoko z’impiri mwe, ni nde wababwirije guhunga uburakari bwegereje?


Umunsi umwe, Yezu yigishirizaga abantu mu Ngoro, yamamaza Inkuru Nziza. Haza abatware b’abaherezabitambo n’abigishamategeko, hamwe n’abakuru b’umuryango.


Aragenda ajya kubonana n’abatware b’abaherezabitambo n’abakuru b’abarinzi b’Ingoro, ngo barebere hamwe uko yamubagabiza.


Mwibuke ijambo nababwiye ko ’Nta mugaragu uruta shebuja.’ Niba barantoteje namwe bazabatoteza, niba barubashye amagambo yanjye, n’ayanyu bazayubaha.


Nuko Yuda amaze kubona abasirikare n’abagaragu yahawe n’abatware b’abaherezabitambo n’Abafarizayi, ajyayo; bari bitwaje amatara n’imuri n’intwaro.


Hari kandi na Ana, umuherezabitambo mukuru, na Kayifa, na Yohani, na Alegisanderi, n’abo mu muryango w’umuherezabitambo mukuru bose.


Nuko umuherezabitambo mukuru kimwe n’abari kumwe na we bose — ari byo kuvuga abo mu gatsiko k’Abasaduseyi — bashengurwa n’ishyari;


Ngo babyumve, umutegeka w’Ingoro n’abatware b’abaherezabitambo barashoberwa, bibaza uko byabagendekeye.


Nuko umutegeka w’Ingoro ajyana n’abagaragu be kuzana Intumwa, ariko batazakuye, kuko batinyaga ko rubanda babatera amabuye.


Nuko bahuruza rubanda hamwe n’abakuru b’umuryango n’abigishamategeko; baraza bamugwa gitumo baramufata, bamujyana mu Nama nkuru.


Nuko ijambo ry’Imana rikomeza gukwira hose, umubare w’abigishwa urushaho kwiyongera i Yeruzalemu, ndetse n’abaherezabitambo benshi bayoboka ukwemera.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan