Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Ibyakozwe 27:23 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

23 Iri joro nyine, umumalayika w’Imana niyeguriye kandi nkorera yambonekeye,

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

23 kuko iri joro iruhande rwanjye hahagaze marayika w'Imana, ndi uwayo nyikorera

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

23 Iri joro nabonekewe n'umumarayika w'Imana niyeguriye kandi nkorera,

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

23 Iri joro nabonekewe n'umumarayika w'Imana niyeguriye kandi nkorera,

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Ibyakozwe 27:23
41 Iomraidhean Croise  

Koko Uhoraho yihitiyemo Yakobo, Israheli ayigira inyarurembo ye.


uzagirira impuhwe zawe urimbure abanzi banjye, kandi utsembe abanyibasiye bose, kuko ndi umuyoboke wawe.


None rero nimwumva ibyo mbabwira, mukubahiriza Isezerano ryanjye, muzaba abanjye bwite mu miryango yose, n’ubwo isi yose na yo ari iyanjye;


Uwo nkunda ni uwanjye, nanjye ndi uwe. Aragira mu ndabo z’amalisi.


Uwo nkunda ni uwanjye, nanjye ndi uwe.


Yakobo we, ibuka ibi ngibi, Israheli, uri umugaragu wanjye, narakwihangiye ngo umbere umugaragu, wowe Israheli, sinzakwibagirwa.


Umwe azavuga ati «Neguriwe Uhoraho», undi azitwe izina rya Yakobo, undi na we yandike ku kiganza cye, ati «Ndi uw’Uhoraho», kandi yihimbe izina rya Israheli.


Dore iryo Sezerano nzagirana n’umuryango wa Israheli nyuma y’iyo minsi — uwo ni Uhoraho ubivuze — amategeko yanjye nzayabacengezamo, nyabandike mu mutima, bityo mbabere Imana na bo bambere umuryango.


Bazambera umuryango, nanjye mbabere Imana.


Koko bazaba nk’ishyo ry’amatungo yanyeguriwe, mbese nk’ishyo rikoraniye i Yeruzalemu ku minsi y’amateraniro yabo. Nguko uko imigi yanyu yari amatongo izuzuzwamo inteko z’abantu, maze bazamenye ko ndi Uhoraho.»


Abo barokotse nzabanyuze mu muriro, mbasukure nk’uko basukura feza, mbasuzume nk’uko basuzuma zahabu; bityo baziyambaze izina ryanjye, nanjye nzabababarire. Nzavuga nti «Ni umuryango wanjye», na bo bavuge bati «Uhoraho ni we Mana yacu».


Nuko Uhoraho, Umugaba w’ingabo, aravuga ati «Umunsi nzigaragaza, abo bantu bazaba abanjye, bazaba nk’umunani wanjye bwite. Nzabagirira neza nk’uko umubyeyi agenzereza umwana we umukorera;


Ushaka kumbera umugaragu nankurikire, maze aho ndi, abe ari na ho umugaragu wanjye azaba. Byongeye, ungaragira, Data azamwubahiriza.


ako kanya umumalayika wa Nyagasani aramukubita, agwa inyo arapfa, kuko atari yahaye Imana icyubahiro.


Akomeza kudukurikirana twe na Pawulo, asakuza ati «Aba bantu ni abagaragu b’Imana Isumbabyose; barabamenyesha inzira y’umukiro.»


Nuko ijoro rimwe, Nyagasani abonekera Pawulo aramubwira ati «Witinya, ahubwo komeza uvuge, ntuceceke!


Mu ijoro rikurikiyeho, Nyagasani abonekera Pawulo aramubwira ati «Komera! Uko wambereye umugabo i Yeruzalemu, ni ko ugomba no kuzambera umugabo n’i Roma.»


Nyamara muri iryo joro, Umumalayika wa Nyagasani akingura inzugi z’uburoko, abakuramo maze arababwira ati


Umumalayika wa Nyagasani abwira Filipo, ati «Haguruka, ugende werekeje mu majyepfo, unyure mu muhanda umanuka i Yeruzalemu ujya i Gaza, ubu ngubu ukaba utarimo abagenzi.»


Jyewe Pawulo, umugaragu wa Yezu Kristu, ndabaramutsa. Koko natorewe kuba intumwa, nteganyirizwa kwamamaza Inkuru Nziza


Imana nyitanzeho umugabo, Yo nkeza mu mutima wanjye namamaza Inkuru Nziza y’Umwana wayo: sinsiba kubibuka,


Ariko ubu ngubu, kuva aho mugobotorewe icyaha, mukaba abagaragu b’Imana, mweze imbuto zigeza ku butagatifu, amaherezo akazaba ubugingo bw’iteka.


Mwacungujwe igiciro gihambaye! Nimusingirize rero Imana mu mubiri wanyu.


Koko rero, ingarigari y’Uhoraho ni uwo muryango we, bene Yakobo bakaba umunani yegukanye.


Mpora nshimira Imana nkorera n’umutima ukeye, nk’uko abasokuruza banjye babigenjeje, kandi simpwema kuyambaza ijoro n’amanywa nkuzirikana.


Umugaragu wa Nyagasani rero ntakwiriye kuba umunyamahane, ahubwo akwiye kuba umugwaneza kuri bose, akamenya kwigisha no kwiyumanganya ibyago.


Naho Nyagasani we yambaye hafi, maze antera imbaraga kugira ngo mbashe kuhamamariza ubutumwa nshize amanga, kandi ngo abanyamahanga bose babwumve. Nuko nkizwa urwasaya rw’intare.


Jyewe Pawulo, umugaragu w’Imana n’intumwa ya Yezu Kristu igenewe kugeza intore z’Imana ku kwemera no ku bumenyi bw’ukuri guhuje n’ubusabaniramana,


witanze kubera twebwe, kugira ngo aturokore ubugome bwose kandi yuhagire umuryango ugenewe kuba ubukonde bwe no kugira ishyaka ryo gukora icyiza cyose.


Abamalayika rero bagenewe iki? Si ibiremwa se bigaragira Imana kandi yohereza gufasha abazahabwa umurage w’uburokorwe?


Jyewe Yezu, nohereje umumalayika wanjye kugira ngo ababwire ubu buhamya bugenewe za Kiliziya. Ndi inkomoko y’umuryango wa Dawudi; inyenyeri yakirana mu rukerera.»


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan