Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Ibyakozwe 24:10 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

10 Umutware Feligisi amaze kumuha ikimenyetso cyo kuvuga, Pawulo araterura ati «Nzi neza ko umaze imyaka myinshi ucira imanza abaturage b’iki gihugu cyacu, ni yo mpamvu nishimiye kwiregurira imbere yawe.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

10 Umutegeka mukuru amaze kumurembuza ngo avuge, Pawulo aramusubiza ati “Nzi yuko umaze imyaka myinshi uri umucamanza w'ubu bwoko. Ni cyo gitumye niregura ibyanjye nezerewe,

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

10 Umutegetsi Feliki arembuza Pawulo amuha ijambo. Pawulo ni ko kugira ati: “Nzi yuko umaze imyaka myinshi ucira imanza abaturage b'iki gihugu, ni yo mpamvu nishimiye kwiregura imbere yawe.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

10 Umutegetsi Feliki arembuza Pawulo amuha ijambo. Pawulo ni ko kugira ati: “Nzi yuko umaze imyaka myinshi ucira imanza abaturage b'iki gihugu, ni yo mpamvu nishimiye kwiregura imbere yawe.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Ibyakozwe 24:10
12 Iomraidhean Croise  

Mu gihe bazabajyana mu masengero imbere y’abacamanza n’abategetsi, ntimuzibaze uko muziburanira, n’amagambo muzavuga,


Ariko we aramusubiza ati «Wa muntu we, ni nde wangize umucamanza wanyu cyangwa ngo mbagabanye ibyanyu?»


Nuko aravuga ati «Mu mugi umwe hari umucamanza utatinyaga Imana, ntiyubahe n’abantu.


Abacecekesha ikiganza, maze abatekerereza uburyo Nyagasani yamukuye mu buroko, hanyuma arababwira ati «Nimujye kubimenyesha Yakobo n’abavandimwe.» Nuko arahava, yigira ahandi hantu.


Nuko Pawulo arahaguruka, amaze kubacecekesha ikiganza, araterura ati «Bayisraheli, namwe abatinya Imana, nimunyumve.


ariko ubwo ari impaka zerekeye ku nyigisho, ku mazina no ku mategeko yanyu bwite, nimubyirangirize ubwanyu. Jye sinshaka kuba umucamanza w’ibyo!»


Abantu batekerereza byose uwitwa Alegisanderi, ari we Abayahudi bari bashyize imbere. Nuko ashyira ukuboko ejuru ngo baceceke, ashaka kugira icyo abwira rubanda.


Umugaba w’ingabo amaze kumwemerera, Pawulo ahagarara ku mabaraza, arambura ukuboko kugira ngo acecekeshe imbaga. Bamaze gutuza, ababwira mu rurimi rw’igihebureyi ati


Mutegure kandi n’amafarasi yo guheka Pawulo, mumushyikirize umutware Feligisi, akiri mutaraga.»


Nuko Agripa abwira Pawulo ati «Ngaho iregure.» Pawulo arambura ukuboko, atangira kwiregura ati


ahubwo nimwubahe Kristu mu mitima yanyu, kuko ari We Nyagasani. Nimuhore mwiteguye guha igisubizo umuntu wese uzagira icyo ababaza ku byerekeye ukwizera kwanyu.


Nihagira umuntu uhemukira undi, Imana izabakiranure. Ariko se umuntu nahemukira Uhoraho, ni nde uzaca urubanza?» Ntibita ku byo se ababwiye, kuko Uhoraho yashakaga kubicisha.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan