Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Ibyakozwe 19:18 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

18 Abenshi mu bari baremeye baraza, bakiregera mu ruhame ibikorwa bibi bakoze.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

18 Nuko benshi mu bizeye baraza bātura ibyaha byabo, bavuga n'ibyo bakoze.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

18 Nuko benshi mu bari bamaze kwemera Yezu baraza, barerura bemera ku mugaragaro ibyaha bakoze.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

18 Nuko benshi mu bari bamaze kwemera Yezu baraza, barerura bemera ku mugaragaro ibyaha bakoze.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Ibyakozwe 19:18
14 Iomraidhean Croise  

Ni bwo rero nkwirezeho icyaha cyanjye, sinazinzika amafuti yanjye. Naravuze nti «Ngiye kubwira Uhoraho ibicumuro byanjye», maze nawe untura umutwaro w’ibyaha byanjye. (guceceka akanya gato)


Uhisha ibyaha bye, ntakizamuhira, ariko ubyanga akabyicuza, azababarirwa.


Gusa, emera icyaha cyawe: wemere ko witeruye kuri Uhoraho Imana yawe. Wabungagiye hirya no hino mu banyamahanga, mu nsi ya buri giti gitoshye, wanga kumva ijwi ryanjye. Uwo ni Uhoraho ubivuze.’»


ubonereho no kwibuka kandi ukorwe n’isoni; muri uko kumwara kwawe woye kongera kubumbura umunwa, igihe nzaba nakubabariye ibyo wakoze byose, uwo ni Nyagasani Uhoraho ubivuze.’»


Ubwo rero, muzibuka ko mwari mwarayobye mugakora nabi, bibatere namwe ubwanyu kwizinukwa kubera amakosa yanyu n’amahano mwakoze.


Aroni aramburira ibiganza bye ku mutwe wa ya sekurume y’ihene nzima, maze akayisabiraho imbabazi z’ibyaha byose by’Abayisraheli. Ibicumuro byabo, imyivumbagatanyo, mbese ibyaha byabo byose, abigereka kuri iyo sekurume, maze akayishumurira mu butayu iyobowe n’umuntu ubishinzwe.


Nyamara abo ngabo bazihamya icyaha cyabo n’icya ba sekuru, maze bemere ko bakoze ishyano bakandwanya.


bakabatirizwa na we mu ruzi rwa Yorudani, babanje kwiyemeza ibyaha byabo mu ruhame.


Abaturage bose b’i Efezi, Abayahudi kimwe n’Abagereki, ngo babimenye bashya ubwoba, basingiza izina rya Nyagasani Yezu.


Abakoraga iby’ubupfumu, na bo batari bake, bakoranya ibitabo byabo babitwikira mu ruhame. Ngo babarure agaciro k’ikiguzi cyabyo, basanga bihwanye n’ibiceri bya feza ibihumbi mirongo itanu.


Nuko rero umuntu yemera n’umutima bikamuha ubutungane, yakwamamarisha umunwa bikamuha uburokorwe.


Nimwirege ibyaha byanyu bamwe ku bandi, kandi musabirane kugira ngo mukizwe. Isengesho ry’intungane rigira ubushobozi bwinshi.


Ariko niba twishinje ibyaha byacu, Imana idahemuka kandi yuje ubutungane, izatubabarira ibyaha byacu kandi iduhanagureho icyitwa ubucumuzi cyose.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan