Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Ibyakozwe 13:40 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

40 Muririnde rero mutagubwaho n’ibyavuzwe n’abahanuzi bagira bati

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

40 Nuko mwirinde kugira ngo ibyavuzwe n'abahanuzi bitabasohoraho ngo

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

40 Muririnde rero kugira ngo ibyavuzwe n'abahanuzi bitababaho bagira bati:

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

40 Muririnde rero kugira ngo ibyavuzwe n'abahanuzi bitababaho bagira bati:

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Ibyakozwe 13:40
13 Iomraidhean Croise  

Ni cyo gitumye ngiye gukomeza kuwubera urujijo, ku buryo ubuhanga bw’abahanga babo buzazima, n’ubwenge bw’abanyabwenge babo bukajijwa.»


Ariko nuramuka umuburiye, ntazibukire imyifatire ye mibi ngo ahinduke, uwo mugome azapfa azize icyaha cye, naho wowe uzaba ukijije ubugingo bwawe.»


Nimurebe ishyano rigwiririye amahanga maze mwumirwe; kuko icyo ngiye gukora guhera ubu, mutari bucyemere, kabone n’aho hagira ukibabwira!


Ni nde uzihanganira umunsi azazaho? Ni nde uzakomeza agahagarara igihe azigaragariza? Azaba ameze nk’umuriro w’umucuzi cyangwa nk’isabune y’umumeshi.


Nuko arababwira ati «Ibyo ni byo nababwiraga nkiri kumwe namwe, nti ’Ni ngombwa ko huzuzwa ibinyerekeyeho byose byanditswe mu mategeko ya Musa, mu bitabo by’Abahanuzi no muri Zaburi.’»


Mu gitabo cy’Abahanuzi haranditse ngo ’Bose baziyigishirizwa n’Imana.’ Umuntu wese wumvise Data akigishwa, aransanga.


Ibyo bikaba bihuje n’ibyavuzwe n’Abahanuzi, nk’uko byanditswe ngo


Nuko Imana irabazibukira, irabareka ngo basenge inyenyeri zo mu kirere, nk’uko byanditswe mu gitabo cy’Abahanuzi ngo ’Hari ubwo se mwigeze kuntura ibitambo n’amaturo, muryango wa Israheli, mu myaka mirongo ine yose mwamaze mu butayu?


Muririnde rero kwima amatwi Nyir’ukubabwira! Abanze kumva uwabahanuriraga hano ku isi ntibashoboye kuzibukira igihano; twebwe se tuzakitaza dute niba twirengagije Utubwirira mu ijuru?


Twebwe rero twazarokoka dute niba turangaranye umukiro wa bene ako kageni, wabanje kwamamazwa na Nyagasani ubwe, nyuma natwe abawumvise tukawuhamya,


Muramenye rero, bavandimwe, ntihakabe n’umwe muri mwe wigiramo umutima mubi, ngo yitandukanye n’Imana Nzima abitewe no kubura ukwemera.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan