Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Ibyakozwe 12:4 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

4 Amaze kumufata amushyira mu buroko, ategeka amatsinda ane, rimwe rigizwe n’abasirikare bane, kumurinda. Yashakaga kumuhingutsa imbere ya rubanda nyuma y’umunsi mukuru wa Pasika.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

4 Amaze kumufata amushyira mu nzu y'imbohe, amuha abasirikare cumi na batandatu kumurinda bane bane, agira ngo azamushyīre abantu Pasika ishize.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

4 Amaze kumufata amushyira muri gereza. Ategeka amatsinda ane y'abasirikari bane bane ngo bajye bakuranwa kumurinda. Yashakaga kuzamushyira mu ruhame nyuma y'iminsi mikuru ya Pasika.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

4 Amaze kumufata amushyira muri gereza. Ategeka amatsinda ane y'abasirikari bane bane ngo bajye bakuranwa kumurinda. Yashakaga kuzamushyira mu ruhame nyuma y'iminsi mikuru ya Pasika.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Ibyakozwe 12:4
22 Iomraidhean Croise  

Uhoraho abwira Musa na Aroni bari mu gihugu cya Misiri, ati


Umuntu yigira imigambi myinshi ku mutima, ariko icyo Uhoraho ashaka ni cyo gikorwa.


Ntukiringire iby’ejo, kuko utazi icyo uyu munsi uhaka.


Ni nde uvuga ijambo rimwe, ibyo avuze bikabaho? Uhoraho se, si we utegeka?


Ubwo bazabagabiza ababababaza, bakanabica; muzangwa n’amahanga yose kubera izina ryanjye.


Icyakora baravugaga bati «Ntibizabe ku munsi mukuru, ejo rubanda rudatera imidugararo.»


Hari hasigaye iminsi ibiri ngo Pasika ibe, n’umunsi mukuru w’imigati idasembuye. Nuko abatware b’abaherezabitambo n’abigishamategeko bashaka gufata Yezu ku mayeri ngo bamwice.


Ariko mbere y’ibyo byose, bazabafata, babatoteze, babace mu masengero, babarohe mu buroko; bazabajyana imbere y’abami n’abatware, babaziza izina ryanjye.


Aramusubiza ati «Mwigisha, niteguye kujyana nawe, badufunga cyangwa batwica!»


Abasirikare bamaze kubamba Yezu, bafata imyenda ye bayicamo imigabane ine, umusirikare wese ajyana umugabane we. Hari n’ikanzu, ariko iyo kanzu ntigire iteranyirizo, kuko yari iboshywe buzima kuva hejuru kugera hasi. Bajya inama bati


Ndakubwira ukuri koko: igihe wari ukiri umusore warikenyezaga, kandi ukajya aho ushaka, ariko numara gusaza, uzatega amaboko undi agukenyeze, kandi akujyane aho udashaka.»


Abonye ko ibyo bishimishije Abayahudi, yongera no gufata Petero, — ubwo hakaba mu minsi mikuru y’imigati idasembuye —.


Petero aguma mu buroko, ariko Kiliziya ikamusabira ku Mana ubudatuza.


Barangiza batyo imigambi yawe yose wari waragennye kuva kera, ku bw’ububasha bwawe n’ubushake bwawe.


Nuko barabafatisha babaraza mu buroko, kuko bwari bugorobye.


bafatisha Intumwa, bazishyira mu buroko rusange.


Naho Sawuli we agumya kuyogoza Kiliziya, akinjira mu mazu, agafata abagabo n’abagore, akabashyira mu buroko.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan