Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Hoseya 8:10 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

10 N’ubwo baha amaturo atagira ingano abanyamahanga, ngiye kubakoranya bidatinze, maze mu gihe gito bazashengurwe n’umutwaro umwami w’abami agiye kubagerekaho.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

10 Ni ukuri naho bahongera abanyamahanga, ngiye kubateza ayo mahanga kandi bazatuba bidatinze, ku bw'umutwaro umwami w'ibikomangoma azabakorera.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

10 Naho bagurira ibihugu by'amahanga, ubu ngiye kubakoranyiriza hamwe mbahane. Hasigaye igihe gito, umwami wa Ashūru akabicisha agahato.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

10 Naho bagurira ibihugu by'amahanga, ubu ngiye kubakoranyiriza hamwe mbahane. Hasigaye igihe gito, umwami wa Ashūru akabicisha agahato.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Hoseya 8:10
21 Iomraidhean Croise  

Koko rero, Uhoraho yabonye uko Abayisraheli basuzugurwa bikabije, kandi bakaba barabuze umuntu n’umwe, yaba umucakara cyangwa se uwigenga, wabarengera.


Salimanasari, umwami w’Abanyashuru aramutera; Hozeya aratsindwa ahinduka umugaragu we, akajya amuha umusoro.


Ariko nyuma, umwami w’Abanyashuru amenya ko Hozeya yamugambaniye; koko rero, Hozeya yari yohereje intumwa i Sayisi, ku mwami wa Misiri, kandi ntiyaha umwami w’Abanyashuru amakoro nk’uko yari asanzwe abigenza buri mwaka. Umwami w’Abanyashuru afata Hozeya aramufunga.


Nuko Imana y’Abayisraheli ibaterereza Pulu, umwami w’Abanyashuru, na Tegalati‐Falazari, umwami w’Abanyashuru, banyaga Abarubeni, n’Abagadi, n’igice cya kabiri cy’umuryango wa Manase, babajyana i Hala, i Habori, no ku ruzi rwa Gozani, na n’ubu baracyariyo.


Aravuga ati «Mbese, abagaba b’ingabo banjye bo si abami?


Baramanuka bakajya mu Misiri batangishije inama, bagashakira ubuhungiro mu ngoro ya Farawo, n’ubwihisho mu gihugu cya Misiri.


Nuko umufasha w’ingando arahagarara avuga mu ijwi riranguruye mu rurimi rw’Abayuda, ati «Nimwumve amagambo y’umwami mukuru, umwami w’Abanyashuru !


begera umuhanuzi Yeremiya, baramubwira bati «Ibyo tugusaba ubyumve! Dutakambire kuri Uhoraho Imana yawe, twebwe abacitse ku icumu — ni koko, dore dusigaye turi mbarwa kandi twarahoze turi benshi nk’uko nawe ubyirebera —


Ubundi indaya zose barazihonga; ariko wowe uhonga ubwawe abakunzi bawe bose, ukabaha amaturo ugira ngo baturuke impande zose, bahururiye uburaya bwawe.


ngiye kugukoranyirizaho abakunzi bawe bakunyuze, abo wakunze bose ndetse n’abo wanze, nkwambike ubusa imbere yabo babone ubwambure bwawe bwose uko bwakabaye.


Nk’uko bakoranyiriza mu itanura rimwe feza, umuringa, icyuma, porombi n’itini kugira ngo babishongeshe, nanjye ni ko nzabakorakoranyiriza mu burakari bwanjye no mu mujinya wanjye, maze mbashongeshe.


Nuko Ohola aba indaya aho kuba uwanjye, yishakira abakunzi mu Banyashuru,


Koko Nyagasani Uhoraho aravuze ati ’Dore i Tiri mpohereje Nebukadinetsari, umwami wa Babiloni n’umwami w’abami, ahatere aturutse mu majyaruguru, afite amafarasi, amagare y’intambara, ingabo n’imbaga nyamwinshi y’abantu.


Ndaje nzanywe no kubahana! Abanyamahanga bazakoranira kubarwanya, igihe bazahanirwa bya bicumuro byombi byahakorewe.


Efurayimu itungwa n’umuyaga, buri munsi ikiruka inyuma y’umuyaga w’iburasirazuba, bityo ikagwiza ibinyoma n’urugomo: igirana amasezerano na Ashuru, ikagemura amavuta mu Misiri.


Koko rero, Uhoraho, Umugaba w’ingabo, avuze atya: Hasigaye igihe gito maze ngahubanganya ijuru n’isi, inyanja n’ubutaka.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan