Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Hoseya 7:5 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

5 Ku munsi mukuru w’umwami wacu, abatware basinda divayi nyinshi banyoye, bagategera ibiganza abasetsi bari kumwe.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

5 Ku munsi w'ibirori by'umwami wacu ibikomangoma byatewe kurwara n'inzoga nyinshi banyoye, umwami na we arambura ukuboko hamwe n'abakobanyi.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

5 Ku munsi w'ibirori by'umwami wacu, we n'abatware banywa inzoga nyinshi bakarwara, umwami asābāna n'abamuseka.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

5 Ku munsi w'ibirori by'umwami wacu, we n'abatware banywa inzoga nyinshi bakarwara, umwami asābāna n'abamuseka.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Hoseya 7:5
20 Iomraidhean Croise  

Nuko hashize iminsi itatu, ku munsi bibukagaho ivuka rye, Farawo agirira abagaragu be bose ibirori n’isangira. Ubwo yibuka umunyanzoga mukuru n’umutetsi mukuru w’imigati, yunamura umutwe wabo.


Umwami Yerobowamu amaze kumva amagambo umuntu w’Imana avuze ku rutambiro rw’i Beteli, amutunga ikiganza cyari gifashe ku rutambiro, avuga ati «Nimumufate!» Ariko icyo kiganza yari atunze umuntu w’Imana kirumirana, ntiyashobora kukigarura.


Hahirwa umuntu udakurikiza inama y’abagiranabi, akirinda inzira y’abanyabyaha, kandi ntiyicarane n’abaneguranyi,


nambaye ikigunira cy’agahinda, nuko mpinduka urw’amenyo;


Nugendana n’umunyabuhanga nawe uzaba we, ariko ubana n’abapfayongo, ahinduka mubi.


Divayi itera ubupfu, inzoga zigakurura isindwe, uzishinga ntaba ari umunyabwenge.


Uragowe! Wowe kamba ry’ubwibone bw’abasinzi b’i Efurayimu. Uzabona ishyano, wowe wubatswe hejuru y’ikibaya kirumbuka, kuko umeze nk’indabyo zumiranye, zitatse ku mutwe w’abazahajwe na divayi.


Nuko rero, nimutege amatwi ijambo ry’Uhoraho, mwe bashungerezi, bategeka uyu muryango w’i Yeruzalemu.


Banezeza umwami n’ubwo bugome bwabo, uburyarya bwabo bugashimisha abatware.


Ku munsi wo kwibuka ivuka rya Herodi, umukobwa wa Herodiya abyinira mu ruhame, Herodi aranyurwa.


Nuko haza kuba umunsi mukuru, ubwo Herodi yari yahimbaje isabukuru y’ivuka rye, maze atumira abatware be, n’abakuru b’ingabo ze hamwe n’abanyacyubahiro bo mu Galileya.


Ntimugasindishwe na divayi, kuko byabatera kwifata nabi, ahubwo nimwuzure Roho Mutagatifu.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan