Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Abefeso 6:3 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

3 «kugira ngo uzagire ihirwe, kandi urambe ku isi».

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

3 kugira ngo ubone amahoro uramire mu isi.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

3 “bityo uzagubwa neza kandi urame ku isi.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

3 “bityo uzagubwa neza kandi urame ku isi.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Abefeso 6:3
15 Iomraidhean Croise  

Nimuvuge muti «Intungane irahirwa, kuko izanezezwa n’imbuto z’ibikorwa byayo;


ntimuzubake inzu, ntimuzabibe imbuto cyangwa ngo muhinge imizabibu, muri ibyo byose ntimuzagire icyo mutungamo; ahubwo muzature mu mahema igihe cyose muzaba mukiriho kugira ngo muzashobore kuramba muri iki gihugu mutuyemo.’


Ryaba ritunyuze cyangwa ritatunyuze, tuzumva ijwi ry’Uhoraho Imana yawe tukoherejeho; kandi byose bizaba mahire, kuko tuzumva ijwi ry’Uhoraho Imana yacu.»


«Wubahe so na nyoko»; mu mategeko yose ni ryo rya mbere rijyana n’isezerano:


Namwe babyeyi, ntimugakure umutima abana banyu, ahubwo mubarere neza, mubakosore kandi mubagire inama zikomoka kuri Nyagasani.


Uramenye ntuzayarye, kugira ngo wowe n’abana bazagukomokaho muzahirwe kubera ko uzaba wakoze igitunganye mu maso y’Uhoraho.


Uritondere kumva amagambo yose y’amategeko nguha, kugira ngo wowe n’abana bazagukomokaho uko imyaka itashye muzahirwe mubikesheje kugenza neza no gukora igitunganye mu maso y’Uhoraho Imana yawe.


Uzareke nyina yigurukire, uduswi twayo abe ari two utwara. Bityo uzagira umugisha n’ubugingo burambye.


Urajye ukurikiza amategeko n’amabwiriza ye nkugejejeho uyu munsi kugira ngo uzabone ubugira ihirwe, wowe n’abana bazagukomokaho, maze uzarambe ingoma ibihumbi mu gihugu Uhoraho Imana yawe aguhaye.


Wubahe so na nyoko nk’uko Uhoraho Imana yabigutegetse, kugira ngo iminsi yawe izarambe, kandi uzanezerwe mu gihugu Uhoraho Imana yawe aguhaye.


Murajye muhora mugenda mu nzira Uhoraho Imana yanyu yababwirije, kugira ngo muzakomeze kubaho, muzahirwe kandi murambe mu gihugu mugiye kwigarurira.


Uzajye ukora ibitunganye n’ibiboneye mu maso y’Uhoraho, kugira ngo uzagire amahirwe kandi wigarurire igihugu cyiza Uhoraho yasezeranyije abasokuruza bawe abigirishije indahiro,


Israheli, tega amatwi kandi uzihatire kubikurikiza, bityo uzagira amahirwe kandi ni bwo muzagwira mube benshi cyane mu gihugu gitemba amata n’ubuki, nk’uko Uhoraho Imana y’abasokuruza bawe yabigusezeranyije.


Nawomi abwira umukazana we, ati «Ni ko mwana wa, ese si jye ugomba kukurebera uburyo wabaho ngo ugubwe neza?


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan