Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Abalewi 8:6 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

6 Musa yigiza hino Aroni n’abahungu be, maze abuhagiza amazi.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

6 Mose azana Aroni n'abana be, arabuhagira.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

6 Musa ahamagara Aroni n'abahungu be arabuhagira,

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

6 Musa ahamagara Aroni n'abahungu be arabuhagira,

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Abalewi 8:6
19 Iomraidhean Croise  

Nkaraba ibiganza byanjye, mpamya ko ndi umwere, kugira ngo mbone ubwegera urutambiro rwawe, Uhoraho,


Yerekeranye n’ibyabaye igihe umuhanuzi Natani amusanze iwe, Dawudi amaze gusambanya Betsabe.


Dore jyeweho navutse ndi umunyabyaha, kandi mama yansamanye igicumuro.


Uzazane Aroni n’abahungu be ku muryango w’ihema ry’ibonaniro, maze uzabuhagize amazi.


kugira ngo Aroni n’abahungu be bayogerezemo ibiganza n’ibirenge.


Igihe bazinjira mu ihema ry’ibonaniro, bazajye bakaraba ayo mazi kugira ngo batazapfa; kimwe n’igihe bazegera urutambiro ngo bakore imirimo yabo, batwikira Uhoraho ibitambo.


Uzigize Aroni n’abahungu be imbere y’umuryango w’ihema ry’ibonaniro, maze uzabuhagize amazi;


Nimwiyuhagire, mwisukure, nimumvane imbere ibikorwa bibi byanyu, kandi muherukire aho kugira nabi!


Nzabuhagiza amazi asukuye maze mube abasukure; mbahanagureho ubwandure bwanyu bwose muce ukubiri n’ibigirwamana byanyu byose.


Azambare ikanzu ntagatifu ikoze muri hariri, amakabutura ya hariri, akenyere umukandara wa hariri, kandi n’umutwe we awuzingurizeho igitambaro cya hariri. Kuko iyo myambaro ari mitagatifu, azayambare amaze kwiyuhagira umubiri wose.


Nuko Musa abwira ikoraniro, ati «Dore ibyo Uhoraho yategetse gukora.»


Uwo munsi, hazavubuka isoko yo guhanagura icyaha n’ubwandure ku nzu ya Dawudi, no ku baturage b’i Yeruzalemu.


Nguko uko bamwe muri mwe bari bameze. None, mwarasukuwe, mwaratagatifujwe muba intungane ku bw’izina rya Nyagasani Yezu Kristu, no ku bwa Roho w’Imana yacu.


Yarayitagatifuje, ayisukuza amazi n’ijambo ribiherekeza,


Nitumwegerane rero umutima ugororotse n’ukwemera guhamye, dufite umutima wakijijwe inkeke yose y’icyaha n’umubiri wuhagijwe amazi asukuye.


Ubwo ishingiye ku biribwa, ku binyobwa no kwisukurisha amazi, ni imihango iringaniye n’intege nke z’abantu, yemewe kuzageza igihe Imana izavugururira byose.


Ndamusubiza nti «Shobuja, ni wowe wabimenya!» Na we arambwira ati «Aba bavuye mu magorwa akaze, bameshe amakanzu yabo, bayezereza mu maraso ya Ntama.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan