Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Abalewi 23:1 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

1 Uhoraho abwira Musa, ati

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

1 Uwiteka abwira Mose ati

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

1 Uhoraho ategeka Musa

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

1 Uhoraho ategeka Musa

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Abalewi 23:1
13 Iomraidhean Croise  

ndetse no mu gihe cyo gutura Uhoraho ibitambo bitwikwa, ku masabato, ku mboneko z’ukwezi no ku minsi mikuru, nk’uko amategeko yabigennye.


Kandi Ingoro nshaka kubaka izaba nini, kuko Imana yacu isumba izindi mana zose.


akabigenza atyo uko igihe cyo kubitura kigeze nk’uko byategetswe na Musa: ku masabato, mu mboneko z’ukwezi no ku minsi mikuru itatu yo mu mwaka, ari yo umunsi mukuru w’imigati idasembuwe, umunsi mukuru w’ibyumweru n’umunsi mukuru w’amahema.


Nimusigeho kuzana amaturo y’imburamumaro, umwotsi wayo narawuzinutswe. Imboneko z’ukwezi, amasabato n’andi makoraniro, iminsi mikuru ivanze n’ubugome, singishobora kubyihanganira!


Ni bo bazajya baca imanza za rubanda, kandi bazazice bakurikije itegeko ryanjye. Mu minsi mikuru yanjye yose bazakurikiza amategeko yanjye n’amabwiriza yanjye, batagatifuze amasabato yanjye.


Umwami na we azishingira ibitambo bitwikwa, andi maturo kimwe n’amaturo aseswa igihe cy’ibirori by’iminsi mikuru, imboneko z’ukwezi, amasabato n’andi makoraniro yose y’umuryango wa Israheli. Ni we uzatanga ibikenewe mu gitambo cyo guhongerera ibyaha no mu yandi maturo, mu gitambo gitwikwa no mu bitambo by’ubuhoro, kugira ngo umuryango wa Israheli uronke imbabazi z’ibyaha.


Ku minsi y’ibirori n’amakoraniro, ituro rizaba akebo kamwe k’ifu ku kimasa n’akandi kamwe ku mpfizi y’intama, naho ku bana b’intama azature uko ashaka; ature n’urweso rumwe rw’amavuta kuri buri ntango.


Ndi Uhoraho, wabakuye mu gihugu cya Misiri kugira ngo mbabere Imana.»


«Dore ibyo uzamenyesha Abayisraheli: Iminsi mikuru y’Uhoraho nigera, muzajya muhamagaza amakoraniro matagatifu. Ayo makoraniro tuzajya duhuriramo ni aya:


Nuko rero Musa amenyesha Abayisraheli uburyo bazajya babonana n’Uhoraho mu bihe by’iminsi mikuru.


igihe muzatura Uhoraho ibiribwa, igitambo gitwikwa cyangwa icy’amatungo magufi n’amaremare, nimushaka kurangiza indahiro mwahize, cyangwa gutura igitambo ku bushake bwanyu, cyangwa se ari igitambo cyo mu minsi mikuru yanyu, nimutura rero Uhoraho ibiribwa bifite impumuro imwurura,


Mwubahiriza imihango n’imiziririzo yerekeye iminsi, amezi, ibihembwe n’imyaka.


Nuko rero ntihakagire ubacira urubanza mu byerekeye ibiribwa cyangwa ibinyobwa, cyangwa se kubera iminsi mikuru, imboneko z’ukwezi n’amasabato.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan