Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Abalewi 20:8 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

8 Muzite ku mategeko yanjye kandi muyakurikize. Ndi Uhoraho ubatagatifuza.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

8 Kandi mujye mwitondera amategeko yanjye, muyumvire. Ndi Uwiteka ubeza.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

8 Mwitondere amabwiriza yanjye kandi muyakurikize. Ndi Uhoraho wabitoranyirije.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

8 Mwitondere amabwiriza yanjye kandi muyakurikize. Ndi Uhoraho wabitoranyirije.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Abalewi 20:8
19 Iomraidhean Croise  

«Ubwire Abayisraheli, uti ’Muzubahirize amasabato yanjye mubishishikariye, kuko ari cyo kimenyetso nashyize hagati yanjye namwe, uko ibisekuru byanyu bikurikirana, kugira ngo bamenye ko ari jye Uhoraho ubatagatifuza.


Nageze aho mbaha sabato zanjye ngo zibabere ikimenyetso cyanjye muri bo, kugira ngo bamenye ko ari jye, Uhoraho ubatagatifuza.


Bityo amahanga azamenya ko ndi Uhoraho utagatifuza Israheli, igihe Ingoro yanjye izaba iri rwagati muri bo, ubuziraherezo.’»


Muzakurikize amategeko yanjye. Amatungo yawe naba adahuje ubwoko, ntuzayabanguranye. Mu murima wawe, ntuzateremo imbuto ebyiri zinyuranye. Kandi ntuzambare imyenda yaboshywe mu ndodo z’amoko abiri anyuranye.


Muzite ku mategeko yanjye yose, muyakurikize, kandi mufate imico yose nabatoje. Ndi Uhoraho.»


Muzabe abanjye, mube intungane nk’uko jyewe Uhoraho ndi intungane. Nabahisemo mu yandi mahanga yose kugira ngo mube abanjye.


Umuherezabitambo ni we utura Imana yawe igitambo cy’ibiribwa, ugomba kumenya rero ko ari intungane. Na we kandi azakubere intungane kuko jyewe Uhoraho ndi intungane, kandi ni jye ubatagatifuza.


Muzirinde gusuzuguza izina ryanjye ritagatifu, bityo nzaba mbonye ikuzo hagati y’Abayisraheli. Ndi Uhoraho ubatagatifuza.


Kuko ukora icyo Data wo mu ijuru ashaka wese, ni we muvandimwe wanjye, na mushiki wanjye, na mama.»


Mwa basazi mwe n’impumyi ! Ikiruta ikindi ni ikihe, zahabu cyangwa Ingoro y'Imana itagatifuza iyo zahabu ?


Nuko rero, uzarenga kuri rimwe muri ayo mategeko yoroheje, kandi akigisha n’abandi kugenza batyo, azitwa igiseswa mu Ngoma y’ijuru. Naho uzajya ayakurikiza akayatoza abandi, azitwa umuntu ukomeye mu Ngoma y’ijuru.


Nuko rero, umuntu wese wumva ayo magambo maze kuvuga, kandi akayakurikiza, ameze nk’umuntu w’umunyabwenge wubatse inzu ye ku rutare.


Ubwo mumenye ibyo, muzahirwa nimubikurikiza.


Ni yo mukesha kuba muri Kristu Yezu, we watubereye ku bw’Imana ubuhanga n’ubutungane, akaba ari we kandi udutagatifuza akanaturokora.


Imana y’amahoro ubwayo nibatagatifuze binonosoye, kugira ngo izasange muri indahemuka mwese nta makemwa mufite ku mutima no ku mubiri, ku munsi Umwami wacu Yezu Kristu azaziraho.


Twebweho rero, tugomba guhora dushimira Imana kubera mwebwe, bavandimwe mukunzwe na Nyagasani, kuko Imana yabatoye kuva mu ntangiriro, kugira ngo murokorwe mubikesha Roho ubatagatifuza, mubikesha kandi no kwemera ukuri.


Mube abantu bagaragaza mu bikorwa ijambo ry’Imana, kuko kwishimira kuryumva byonyine ari ukwibeshya.


Hahirwa abamesa amakanzu yabo, kugira ngo bagire uburenganzira ku giti cy’ubugingo, kandi ngo binjire mu murwa banyuze mu marembo yawo.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan