Abalewi 14:10 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu10 Ku munsi wa munani, azamurika abana b’intama babiri, umwana w’intama w’inyagazi ufite umwaka umwe kandi utagira inenge, urweso rw’amavuta hamwe n’utwibo dutatu tw’ifu ivanze n’amavuta. Faic an caibideilBibiliya Yera10 “Ku munsi wa munani azende abana b'intama b'amasekurume babiri badafite inenge, n'umwana w'intama w'umwagazi udafite inenge utaramara umwaka, n'ibice bya cumi bitatu bya efa y'ifu y'ingezi yavuganywe n'amavuta ya elayo ho ituro ry'ifu, n'urugero rwa logi rumwe rw'amavuta ya elayo. Faic an caibideilBibiliya Ijambo ry'imana D10 Ku munsi wa munani afate abana b'intama babiri b'amasekurume badafite inenge, n'inyagazi idafite inenge kandi itarengeje umwaka, n'ituro ry'ibinyampeke ry'ibiro bitatu by'ifu ivanze n'amavuta, na kimwe cya gatatu cya litiro y'amavuta y'iminzenze. Faic an caibideilBibiliya Ijambo ry'imana10 Ku munsi wa munani afate abana b'intama babiri b'amasekurume badafite inenge, n'inyagazi idafite inenge kandi itarengeje umwaka, n'ituro ry'ibinyampeke ry'ibiro bitatu by'ifu ivanze n'amavuta, na kimwe cya gatatu cya litiro y'amavuta y'iminzenze. Faic an caibideil |
Niba uwanduye ari umukene, akaba adashobora kubona ibyo byose, azazane umwana w’intama umwe awumurikeho igitambo cy’indishyi y’akababaro, kugira ngo bamukorereho umuhango wo kumuhanaguraho ubwandure. Azamurika kandi ituro ry’akebo kamwe k’ifu ivugishije amavuta hamwe n’urwabya rw’amavuta. Akurikije uko yifite,