Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Abalewi 10:16 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

16 Musa abajije ibya ya sekurume y’ihene y’igitambo cy’impongano y’icyaha, amenya ko bari bayitwitse. Ubwo yarakariye cyane Eleyazari na Itamari bene Aroni bari basigaye, maze arababaza ati

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

16 Mose ashakana umwete ya hene yatambiwe ibyaha, asanga bayosheje. Arakarira Eleyazari na Itamari bene Aroni basigaye, arababaza ati

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

16 Musa abajije ibya ya sekurume y'ihene y'igitambo cyo guhongerera ibyaha by'Abisiraheli, asanga bayitwitse yose. Arakarira Eleyazari na Itamari abahungu Aroni yari asigaranye, arababwira ati:

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

16 Musa abajije ibya ya sekurume y'ihene y'igitambo cyo guhongerera ibyaha by'Abisiraheli, asanga bayitwitse yose. Arakarira Eleyazari na Itamari abahungu Aroni yari asigaranye, arababwira ati:

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Abalewi 10:16
12 Iomraidhean Croise  

mwene Abishuwa, mwene Pinehasi, mwene Eleyazari, mwene Aroni, umuherezabitambo mukuru.


Uhoraho abwira Musa, ati


Aroni kandi amurika amaturo y’umuryango; afata isekurume y’ihene yari igenewe igitambo cy’impongano y’icyaha cy’umuryango arayisogota, maze arayitura, nk’uko yari yagenjeje ku gitambo cya mbere.


Hanyuma uzabwira Abayisraheli aya magambo, uti ’Mufate isekurume y’ihene yo guturwaho igitambo gitwikwa.


Musa yari umugabo uzi kwiyoroshya, nta muntu n’umwe ku isi wamurushaga kwicisha bugufi.


Jyewe mbabwiye ko umuntu wese urakariye mugenzi we, azabibarizwa mu rukiko; naho nabwira mugenzi we ’Gicucu!’ azabibarizwa mu Nama Nkuru; namubwira ati ’Uri umusazi!’, azishyurira mu nyenga y’umuriro.


Yezu abibonye ararakara, maze arababwira ati «Nimureke abana bansange, mwibabuza, kuko Ingoma y’Imana ari iy’abameze nka bo.


Nuko abararanganyamo amaso arakaye, ashavujwe n’imitima yabo yanangiye. Ni ko kubwira uwo muntu ati «Rambura ikiganza cyawe.» Nuko arakirambura, kirakira.


Nimufatwa n’uburakari, ntibikabaviremo gucumura; izuba ntirikarenge mugifite umujinya.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan