Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Abalewi 10:11 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

11 kandi ngo mwigishe Abayisraheli bose amategeko yose Uhoraho yatanze atumye Musa.»

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

11 mukigisha Abisirayeli amategeko yose Uwiteka yabwiriye Abisirayeli mu kanwa ka Mose.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

11 kandi ngo mubone uko mwigisha Abisiraheli amategeko yose nabahaye nyanyujije kuri Musa.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

11 kandi ngo mubone uko mwigisha Abisiraheli amategeko yose nabahaye nyanyujije kuri Musa.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Abalewi 10:11
16 Iomraidhean Croise  

Abayisraheli bamaze igihe kirekire batagira Imana nyakuri, nta muherezabitambo wo kubigisha, nta n’amategeko.


Bigisha muri Yuda bifashishije igitabo cy’Amategeko y’Uhoraho. Bazenguruka imigi yose y’Abayuda bigisha abantu.


Amagambo ya Hezekiya anyura imitima y’abalevi bose biteguriye Uhoraho, maze bakurikirana ibirori mu gihe cy’iminsi irindwi batura ibitambo by’ubuhoro kandi bashimira Uhoraho, Imana y’abasekuruza babo.


Ezira umuherezabitambo azana igitabo cy’Amategeko imbere y’ikoraniro ryose. Kuri uwo munsi wa mbere w’ukwezi kwa karindwi, hari hateraniye abagabo, abagore, mbese n’abandi bose baciye akenge.


Ibyo Ezira yamaraga gusoma mu gitabo cy’Amategeko y’Imana, yabihinduraga mu rurimi rwa bose kandi akabibasobanurira; maze bakabyumva.


Baravuga ngo «Nimuze dutegure imigambi mibi irwanya Yeremiya; kuko nitumara kumwigizayo, ntituzabura abandi baherezabitambo ngo batwigishe Itegeko ry’Imana, n’abasheshe akanguhe ngo batugire inama, cyangwa abahanuzi ngo batubwire ijambo ryayo. Nimuze, tumusarike tumusebya, twoye kwita ku magambo ye.»


Abaherezabitambo ntibagize bati «Uhoraho ari he?» Abazi amategeko yanjye baranyirengagije, abayobora rubanda banyiteruyeho. Abahanuzi bahanura mu izina rya Behali, maze biruka inyuma y’ibidafite akamaro.


Ni koko, iminwa y’umuherezabitambo ishinzwe kwita ku bumenyi, kandi n’inyigisho zigashakirwa mu kanwa ke, kuko ari we ntumwa y’Uhoraho, Umugaba w’ingabo.


mubatoze gukurikiza ibyo nabategetse byose. Dore kandi ndi kumwe namwe iminsi yose, kugeza ku ndunduro y'ibihe.»


kuko nabamenyesheje umugambi wose w’Imana, nta cyo mbakinze.


Nawe rero uzakurikize icyemezo bazaba bakubwiriye aho hantu Uhoraho azaba yarihitiyemo, wihatire gukora ukurikije ibisobanuro byabo byose.


Uko ibisobanuro baguhaye biteye n’uko urubanza rwawe baruciye, azabe ari ko ugenza, nta gutanira iburyo cyangwa ibumoso bw’icyemezo cy’urubanza bazaba bakumenyesheje.


Uzirinde indwara z’ibibembe, witondera kureba neza no gukurikiza ibyo abaherezabitambo b’Abalevi bazabigisha byose. Muzitondere gukora mukurikije amabwiriza nabahaye.


bigisha bene Yakobo imigenzo yawe, batoza Abayisraheli amategeko yawe, bagutura imibavu, uranyurwa, bagashyira ku rutambiro rwawe ibitambo bitwikwa.


Muzi kandi amategeko twabahaye muri Nyagasani Yezu ayo ari yo.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan