Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Abafilipi 2:21 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

21 kuko abandi bose bakurikira ibiri ibyabo, aho gukurikira ibya Yezu Kristu.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

21 kuko bose basigaye bashaka ibyabo badashaka ibya Yesu Kristo.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

21 Abandi bose baharanira inyungu zabo bwite, aho guharanira iza Yezu Kristo.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

21 Abandi bose baharanira inyungu zabo bwite, aho guharanira iza Yezu Kristo.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Abafilipi 2:21
19 Iomraidhean Croise  

abaherezabitambo bazabyakire, buri wese amenye ibyo abaturanyi be bamuhaye, maze bazabisanishe Ingoro y’Uhoraho aho bazasanga yarangiritse hose.»


ariko kandi ni n’imbwa z’ibisambo: ntibazi kuvuga ngo «Turahaze», ngabo abitwa abashumba! Nta cyo biyumvira na mba, buri wese atomera ukwe; buri wese yishakira inyungu ye gusa.


Nibura nihaboneke umwe muri mwe akinge inzugi z’Ingoro, kugira ngo mutava aho mwongera gucana umuriro w’impfabusa ku rutambiro rwanjye! Sinkibishimira na gato, uwo ni Uhoraho, Umugaba w’ingabo, ubivuga, n’amaturo yanyu ndayanze!


Nuko Yezu abwira abigishwa be, ati «Niba hari ushaka kunkurikira ajye yiyibagirwa ubwe, aheke umusaraba we, maze ankurikire!


«Umuntu waza ansanga, atabanje guhara se na nyina, umugore n’abana be, abavandimwe na bashiki be, ndetse n’ubuzima bwe bwite, uwo nguwo ntashobora kuba umwigishwa wanjye.


Pawulo na bagenzi be bafatira ubwato i Pafo, bambuka bajya i Perige ho muri Pamfiliya. Nuko Yohani atandukana na bo, yisubirira i Yeruzalemu.


Nyamara Pawulo we ntiyishimira kujyana n’umuntu wigeze kubatererana ubwo bari i Pamfiliya, ntabafashe umurimo.


Ntihakagire uwikurikiranira inyungu ye bwite, ahubwo aharanire iy’abandi.


Nguko uko nanjye ngerageza gushimisha bose muri byose, ntaharanira inyungu yanjye bwite, ahubwo ifitiye abenshi akamaro ngo bakurizeho gukira.


nta cyo rukora kidahwitse, ntirurondera akari akarwo, ntirurakara, ntirugira inzika;


Nk’uko twahawe gusangira na Kristu imibabaro ye yose, ni na ko yadusenderejeho ihumure rishyitse muri We.


Mwoye guharanira ibyanyu gusa, ahubwo mwite no ku by’abandi.


Nk’uko ubizi, abo muri Aziya bose barantaye, barimo Figelo na Herimogeni.


Koko hazagwira abantu bikunda ubwabo, n’abafite inyota nyinshi y’ibintu, n’abirasi, n’abikuza, n’abanyarubwa, n’ibyigomeke ku babyeyi, n’indashima, n’inkorashyano,


kuko Demasi yantaye, abitewe no gukunda iyi isi: yigiriye i Tesaloniki; Kirisensi na we yagiye mu Bugalati, Tito ajya muri Dalimatiya,


Ubwo najyaga mu rukiko bwa mbere kugira ngo niregure, nta n’umwe wanshyigikiye; bose barantereranye. Ntibazabihorwe!


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan