Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Abafilipi 1:26 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

26 bityo, nimbagarukamo, bizababere impamvu yo kwishimana kurushaho muri Kristu Yezu.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

26 kandi kugira ngo muzarusheho kunyirata muri Kristo Yesu, ubwo nzasubira kugaruka iwanyu.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

26 maze muri we ishema ryanyu risesure kubera jyewe kuko nzaba ngarutse muri mwe.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

26 maze muri we ishema ryanyu risesure kubera jyewe kuko nzaba ngarutse muri mwe.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Abafilipi 1:26
14 Iomraidhean Croise  

Ninjiye mu busitani bwanjye, uwanjye umbereye umugeni, nasoromye imibavu yanjye n’ububani bwanjye, nariye ikinyagu cyanjye n’ubuki bwanjye, nanyoye divayi yanjye n’amata yanjye. Incuti, nimurye, munywe musinde urukundo!


Namwe ubu koko mufite ishavu, ariko nzongera mbabone, maze imitima yanyu inezerwe; kandi ibyishimo byanyu he kugira ubibavutsa.


Kugeza ubu nta cyo mwigeze musaba mu izina ryanjye. Nimusabe muzahabwa, maze ibyishimo byanyu bisendere.


kuko kugeza ubu mwatwumvise amahushuka. Muzasanga ku munsi wa Nyagasani mutwishimira, nk’uko natwe tuzabishimira.


Ntitugiye kongera kubishinganaho, ahubwo turashaka kubaha uburyo bwo kutwishimira, kugira ngo mubone icyo musubiza abiratana ibihenda amaso, ariko bidafite ishingiro mu mutima.


Niba kandi hari ikintu nabamuratiyeho, sinigeze mbyicuza. Muzi neza ko mpora mbabwiza ukuri: ukuntu nabamuratiye ni ko yabasanze.


Mbafitiye ubwizere buhagije, kandi muhora muntera akanyamuneza. Mu magorwa yacu yose, mpora niyumvamo ihumure, ndetse nsendereye ibyishimo.


Ariko Imana ihoza abiyoroshya, yaduhumurije ituzanira Tito.


Ahubwo buri muntu asuzume ibikorwa bye bwite. Niba hari icyo abonye yakwiratana, abikore ku giti cye atigereranya n’abandi.


Ahasigaye, bavandimwe banjye, nimwishimire muri Nyagasani. Ntibinduhije kongera kubibandikira, kandi bibafitiye akamaro.


Burya ni twe twagenywe by’ukuri, twe dusenga Imana ku bwa Roho wayo, twe dufite ikuzo ryacu muri Yezu Kristu, aho kwiringira umubiri.


Narishimye cyane muri Nyagasani mbitewe n’uko ishyaka mumfitiye ryiyongereye; icyakora, murarisanganywe, uretse ko mwari mwarabuze uko muringaragariza.


Muhore mwishima muri Nyagasani; mbisubiyemo, nimwishime.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan