Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




Abafilipi 1:22 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

22 Niba ariko gukomeza kubaho muri uyu mubiri byatuma nkora umurimo w’ingirakamaro, simbona icyo nahitamo . . .

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

22 Ariko rero niba kubaho mu mubiri ari cyo kizantera gukomeza kwera imbuto z'umurimo wanjye, sinzi icyo nahitamo.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

22 Nyamara niba kubaho kwanjye kwatuma nkomeza gukora umurimo w'ingirakamaro, sinzi icyo nahitamo.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

22 Nyamara niba kubaho kwanjye kwatuma nkomeza gukora umurimo w'ingirakamaro, sinzi icyo nahitamo.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




Abafilipi 1:22
14 Iomraidhean Croise  

Abimeleki atera hejuru ati «Sinzi uwabigize! Nawe nta bwo wigeze ugira icyo ubimbwiraho, kandi nanjye ni uyu munsi nabyumvise.»


We aranga, ahubwo abwira nyirabuja, ati «Dore databuja nta cyo akingenzuraho, ndetse yanshinze n’ibyo atunze byose.


None ubwo ngeze mu zabukuru, Mana, ntuzantererane, kugira ngo nzashobore kumenyesha urubyiruko, kimwe n’imbyaro zose zizaza ibikorwa by’ububasha bwawe.


Imbaga ibonye ko Musa atinze kumanuka ku musozi, ikoranira iruhande rwa Aroni, maze baramubwira bati «Ngaho dukorere imana zo kutugenda imbere; kuko Musa uriya, watuvanye mu gihugu cya Misiri, tutazi uko byamugendekeye!»


None rero, bavandimwe, nzi yuko ibyo mwabikoze mubitewe n’ubujiji kimwe n’abatware banyu.


Sinabahisha kandi, bavandimwe, ko kenshi nagambiriye kuza iwanyu — nyamara kugeza ubu byaramburiye — ngo ngire imbuto namwe mbasaruraho, nk’uko byagenze no ku yandi mahanga.


Nta bwo Imana yaciye umuryango wayo kandi ari wo yari yaratoye. Cyangwa se ntimuzi icyo Ibyanditswe bivuga aho Eliya arega Israheli ku Mana, agira ati


Kuba abantu ko turi abantu, ariko ntitukirwana ibi bisanzwe by’abantu.


Yego ndiho, ariko mu by'ukuri si jye ukiriho, ahubwo ni Kristu uriho muri jye. Kuba ubu ngubu ndiho mu mubiri, ni uko ndiho mu kwemera Umwana w’Imana wankunze, ubwe akigabiza urupfu ari jye agirira.


Ndagirijwe impande zombi: nifuzaga kwigendera ngo mbane na Kristu, kuko ari byo birushijeho kuba byiza;


ariko gukomeza kubaho mu mubiri ni cyo mukeneye.


Nifuza rero ko mumenya intambara ikomeye mbarwanira, mwebwe n’abo muri Lawodiseya, ndetse n’abandi batigeze bambona n’amaso yabo.


kugira ngo abeho adakurikije irari ry’abantu, ahubwo agakora icyo Imana ishaka, igihe cyose ashigaje kubaho mu mubiri.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan