Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




2 Samweli 7:2 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

2 Bukeye, umwami abwira umuhanuzi Natani, ati «Dore ntuye mu nzu y’ibiti by’amasederi, naho Ubushyinguro bw’Imana bukaba mu ihema!»

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

2 Bukeye umwami abwira umuhanuzi Natani ati “Dore ubu mba mu nzu yubakishijwe imyerezi, ariko isanduku y'Imana iba mu ihema.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

2 Dawidi abwira umuhanuzi Natani ati: “Dore ntuye mu ngoro yubakishijwe amasederi, naho Isanduku y'Imana iba mu ihema.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

2 Dawidi abwira umuhanuzi Natani ati: “Dore ntuye mu ngoro yubakishijwe amasederi, naho Isanduku y'Imana iba mu ihema.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




2 Samweli 7:2
24 Iomraidhean Croise  

Uriya asubiza Dawudi, ati «Ubushyinguro bw’Imana, Israheli na Yuda bari mu ngando, kandi na databuja Yowabu n’abagaragu b’umutegetsi wanjye bari mu gasozi, none jyewe ngo ningende njye iwanjye kurya, kunywa no kuryamana n’umugore wanjye! Ndahiye Imana Nyir’ubuzima, nkarahira n’ubuzima bwawe bwite, ko ntazakora ibintu nk’ibyo.»


Uhoraho yohereza Natani kwa Dawudi, aramusanga maze aramubwira ati «Habayeho abantu babiri mu mugi, umwe ari umukungu, undi ari umukene.


Bukeye, Hiramu umwami w’i Tiri, yohereza intumwa kuri Dawudi, n’ibiti by’amasederi, ababaji b’ibiti n’ab’amabuye yo kubaka inkuta, maze bubakira Dawudi ingoro.


Binjiza Ubushyinguro bw’Uhoraho, maze babushyira aho bwateguriwe hagati mu ihema Dawudi yari yarabwubakiye. Maze Dawudi atura ibitambo bitwikwa imbere y’Uhoraho, n’ibitambo by’ubuhoro.


Natani abwira atyo Dawudi, akurikije ayo magambo yose n’iryo bonekerwa ryose.


Igihe yari akivugana n’umwami, hinjira umuhanuzi Natani.


Ariko umuherezabitambo Sadoki, na Benayahu mwene Yehoyada, n’umuhanuzi Natani, na Shimeyi, na Reyi, n’intwari za Dawudi, bo ntibigeze bifatanya na Adoniya.


umukuru w’abatware Azariyahu mwene Natani; Zabudi mwene Natani wari icyegera cy’umwami;


Data Dawudi yahoze azirikana kubaka Ingoro ikwiye izina ry’Uhoraho, Imana ya Israheli.


Bukeye Hiramu, umwami wa Tiri, yohereza intumwa kwa Dawudi, hamwe n’ibiti by’amasederi, ababaji b’amabuye n’abubatsi kugira ngo bamwubakire inzu.


Binjiza Ubushyinguro bw’Imana maze babushyira aho bwateguriwe hagati mu ihema Dawudi yari yarabwubakiye, hanyuma batura ibitambo bitwikwa n’iby’ubuhoro imbere y’Imana.


Dawudi abwira Salomoni, ati «Mwana wanjye, nari mfite ku mutima kuzubakira izina ry’Uhoraho Imana yanjye Ingoro.


Ibigwi by’umwami Dawudi, kuva ku byabanje kugera ku byaherutse, byanditswe mu Mateka ya Samweli umushishozi, no mu Mateka y’umuhanuzi Natani, no mu ya Gadi umushishozi.


Naho Ubushyinguro bw’Imana, Dawudi yari yarabuzamuye, abuvana i Kiriyati‐Yeyarimu, abujyana ahantu yari yarabuteguriye, kuko yari yarabushingiye ihema i Yeruzalemu.


Hezekiya ashyira abalevi mu Ngoro y’Uhoraho bafite ibyuma birangira n’inanga nk’uko byategetswe na Dawudi, akurikije ijambo ry’Uhoraho umushishozi Gadi n’umuhanuzi Natani bamugejejeho.


Ibindi bigwi bya Salomoni, kuva ku byabanje kugera ku byaherutse, nta bwo byanditswe se mu gitabo cy’Ibyakozwe n’Umuhanuzi Natani, mu byahanuwe na Ahiya w’i Silo no mu byahishuriwe Ido w’umushishozi ku byerekeye Yerobowamu mwene Nebati?


we warahiriye Uhoraho, agasezeranya Nyir’Ububasha wa Yakobo,


ntarabonera Uhoraho ikibanza, ntarabonera Nyir’ububasha wa Yakobo aho atura!»


Nuko ajyana ubushyinguro mu Ngoro; amanika umubambiko muri yo rwagati, ahisha ubushyinguro bw’Isezerano nk’uko Uhoraho yari yarabitegetse Musa.


«Ese mwebwe murabona ari igihe cyo kwibera mu mazu yanyu ameze neza, kandi iriya Ngoro y’Uhoraho yarabaye amatongo?


Nuko abigishwa be bibuka ko handitswe ngo «Ishyaka mfitiye Ingoro yawe riramparanya.»


Dawudi uwo nyine yatonnye ku Mana, maze ayisaba guteganya Ingoro igenewe Imana ya Yakobo.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan