Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




2 Samweli 7:1 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

1 Ubwo rero umwami atura mu ngoro ye, kandi Uhoraho amuha ihumure, amukiza abanzi bose bari bamukikije.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

1 Nuko umwami aba mu rugo rwe, kandi Uwiteka amuha ihumure ku babisha be bamugose bose.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

1 Umwami Dawidi amaze gutura mu ngoro ye, Uhoraho amuha amahoro amurinda abanzi bose.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

1 Umwami Dawidi amaze gutura mu ngoro ye, Uhoraho amuha amahoro amurinda abanzi bose.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




2 Samweli 7:1
19 Iomraidhean Croise  

Bukeye, Hiramu umwami w’i Tiri, yohereza intumwa kuri Dawudi, n’ibiti by’amasederi, ababaji b’ibiti n’ab’amabuye yo kubaka inkuta, maze bubakira Dawudi ingoro.


Nuko Mikali, umukobwa wa Sawuli, ntiyongera kubyara kugeza gupfa.


mbese kuva igihe nshyizeho Abacamanza ngo bategeke Israheli umuryango wanjye kugeza na n’ubu. Naguhaye ihumure, ngukiza abanzi bawe bose, ndetse Uhoraho akubwiye ko we ubwe azakubakira inzu.


Salomoni yategekaga ibihugu byose byo mu burengerazuba bwa Efurati kuva kuri Tifasa kugeza Gaza, agategeka abami b’aho bose. Yari afitanye umubano mwiza w’amahoro n’ibihugu bimukikije.


Dawudi ahamagara Salomoni umuhungu we, amutegeka kubakira Ingoro Uhoraho, Imana ya Israheli.


Dawudi abwira Salomoni, ati «Mwana wanjye, nari mfite ku mutima kuzubakira izina ry’Uhoraho Imana yanjye Ingoro.


Umwami Dawudi arahaguruka maze arababwira ati «Nimunyumve, bavandimwe kandi muryango wanjye. Nari mfite ku mutima igitekerezo cyo kubaka Ingoro y’Ubushyinguro bw’Isezerano ry’Uhoraho, bwo ntebe y’ibirenge by’Imana yacu, ndetse nteganya ibya ngombwa.


Abwira Abayuda, ati «Twubake iyi migi, tuyizengurutse inkike z’amabuye n’iminara, tuyikingishe inzugi zifite ibihindizo mu gihe igihugu ari twe tukigitegeka. Twashakashatse Uhoraho Imana yacu, maze na we aratwakira kandi aduha amahoro mu mpande zose.» Nuko barubaka, birabahira.


Ku ngoma ya Yozafati habayeho ituze kandi Imana ye imuha amahoro mu mpande zose.


ntarabonera Uhoraho ikibanza, ntarabonera Nyir’ububasha wa Yakobo aho atura!»


Igenewe umuririmbisha. Iri mu zo bitirira Dawudi, umugaragu w’Uhoraho. Yabwiye Uhoraho amagambo y’iyi ndirimbo igihe Uhoraho yari amaze kumukiza abanzi be bose bari bamumereye nabi, barimo Sawuli. Nuko aterura agira ati:


Iyo Uhoraho yashimye imyifatire y’umuntu, ageza n’aho atuma abanzi be bigorora na we.


Ako kanya uwari wahawe amatalenta atanu ajya kuyakoresha maze yunguka andi atanu.


Dawudi uwo nyine yatonnye ku Mana, maze ayisaba guteganya Ingoro igenewe Imana ya Yakobo.


Uhoraho abaha ikiruhuko ku mpande zose, nk’uko yari yarabisezeraniye abasekuruza babo. Nta n’umwe mu banzi babo washoboye kubananira, Uhoraho abegurira abanzi babo bose.


Hari hashize igihe kirekire Uhoraho amaze guha Israheli ikiruhuko, no kuyikiza abanzi bayo bose bayikikije. Yozuwe yari amaze gusaza, ageze mu zabukuru;


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan