Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




2 Samweli 11:16 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

16 Nuko Yowabu wari wagose umugi, ashyira Uriya ahantu yari azi ko hari abantu b’intwari.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

16 Nuko Yowabu amaze kwitegereza umudugudu, ashyira Uriya aho yari azi ko intwari ziri.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

16 Igihe Yowabu yari agose umujyi wa Raba, yohereza Uriya aho yari azi ko hari ingabo z'intwari, kugira ngo ahangane na zo.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

16 Igihe Yowabu yari agose umujyi wa Raba, yohereza Uriya aho yari azi ko hari ingabo z'intwari, kugira ngo ahangane na zo.

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




2 Samweli 11:16
13 Iomraidhean Croise  

Yari yanditse muri urwo rwandiko ati «Uriya mumushyire imbere aho urugamba rukaze, hanyuma mwisubirire inyuma, bamutere maze apfe.»


Abantu bo mu mugi barasohoka, barwana na Yowabu. Benshi muri rubanda no mu bagaragu ba Dawudi barahagwa, Uriya w’Umuhiti na we arapfa.


Ni nde wishe Abimeleki mwene Yerubehali? Nta bwo ari umugore wamuteye ingasire, ari hejuru y’inkike y’umugi agapfa atyo aguye i Tebesi? Ni kuki mwasatiriye cyane inkike?’ uzamusubize uti ’Umugaragu wawe Uriya na we yapfuye.’»


Abuneri akigera i Heburoni, Yowabu amujyana imbere mu rugo ahiherereye, mbese nk’ugiye kuganira na we bitonze. Bahageze, amutikura mu nda aramwica, kugira ngo ahorere amaraso ya murumuna we Asaheli.


Byongeye kandi, uzi ibyo Yowabu mwene Seruya yankoreye, ibyo yakoreye abategeka babiri b’ingabo za Israheli, ari bo Abuneri mwene Neri na Amasa mwene Yeteri. Yarabishe, ubwo aba amennye amaraso mu gihe cy’amahoro nk’aho ari mu gihe cy’intambara; ayo maraso ayasiga umukandara yari akenyeje n’inkweto yari yambaye.


Yehu abandikira indi baruwa, ababwira ati «Niba muri abanjye, mukaba munyumva, abana ba shobuja nimubace imitwe, maze ejo kuri iyi saha muyinsangishe i Yizireyeli.» Ariko icyo gihe abana b’umwami uko ari mirongo irindwi, bari hirya no hino mu bakuru b’umurwa babareraga.


Iyo umutware yita ku mazimwe, abayoboke be bose baba abagome.


Efurayimu yashikamiwe izatsindwa n’urubanza, kuko yanyuzwe no kwiruka inyuma y’ibitagira shinge.


Petero n’izindi Ntumwa barabasubiza bati «Tugomba kumvira Imana kuruta abantu.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan