Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




1 Samweli 8:18 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

18 Nuko uwo munsi muzacure imiborogo mutewe n’uwo mwami mwihitiyemo, nyamara uwo munsi Uhoraho ntazabasubiza.»

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

18 Maze uwo munsi muzaborozwa n'uwo mwami mwitoranirije, ariko uwo munsi nta cyo Uwiteka azabasubiza.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

18 Igihe kimwe muzatakambira Uhoraho kugira ngo abakize umwami mwihitiyemo, ariko ntazabitaho.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

18 Igihe kimwe muzatakambira Uhoraho kugira ngo abakize umwami mwihitiyemo, ariko ntazabitaho.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




1 Samweli 8:18
13 Iomraidhean Croise  

Guhera ubu rero, ubwo data yabakoreye umuzigo uremereye, jyewe nzabarushirizaho; kandi ubwo data yabakubitishaga ibiboko, jye nzabakubitisha imikoba ipfunditseho ibyuma.»


Umuhakanamana agira cyizere ki ? Agira cyizere ki iyo yambuwe ubuzima bwe ?


Dore amakuba azamwugariza, mbese namwugariza Imana izumva ugutakamba kwe ?


Abanzi banjye, watumye bavumwa barahunga, maze abari bampagurukiye ndabatsemba.


Uwanga kumva umunyantege nke amutabaje, na we azataka abure umutabara.


Iyo muntegeye ibiganza, mbima amaso; mwakungikanya amasengesho, sinyatege amatwi, kuko ibiganza byanyu byuzuye amaraso.


Muribeshya! Akaboko k’Uhoraho si kagufi cyane ku buryo atabasha gukiza, n’ugutwi kwe ntikwazibye, ku buryo kutumva.


Ahubwo bazambuka igihugu, ari imbabare n’abashonji, maze kubera iyo nzara, barakare, bavume umwami wabo n’Imana yabo. Bazarangamira hejuru,


Nanjye nzabahanana umujinya, sinzigera mbarebana impuhwe kandi sinzanabababarira. Bazantakambira baranguruye amajwi, nyamara ariko sinzabumva.»


abo bose, ku munsi bazatakambira Uhoraho, we azabima amatwi! Koko rero azabahisha uruhanga rwe, kuri uwo munsi, abitewe n’ibikorwa bibi bakoze.»


Koko rero, nimuzaba mukiri hanze, igihe nyir’urugo azahaguruka agakinga, n’aho muzakomanga kangahe muvuga muti ’Shobuja, dukingurire’, azabasubiza ati ’Sinzi iyo muturuka.’


Azafata umugabane wa cumi w’amatungo yanyu, namwe ubwanyu muzahinduke abacakara be.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan