Biblia Todo Logo
Bìoball air-loidhne

- Sanasan -




1 Samweli 25:34 - Kinyarwanda Bibiliya Ntagatifu

34 Kandi ni ukuri koko, ndahiye Uhoraho, Imana ya Israheli yambujije kukugirira nabi, kuko iyo utaza wihuta kunsanganira, bwari gucya nta gisigaye kwa Nabali, habe n’umwe mu bahungu be.»

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Yera

34 Ni ukuri ndarahira Uwiteka Imana ya Isirayeli ihoraho yambujije kukugirira nabi. Iyaba utatebutse kunsanganira, bwajyaga gucya hadasigaye n'umwe w'umuhungu mu bantu ba Nabali.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana D

34 Nari narahiye Uhoraho Imana y'Abisiraheli, ko bwari gucya nta muntu w'igitsinagabo ukirangwa kwa Nabali. Ariko Uhoraho yambujije kukugirira nabi, kuko wahise unsanganira.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac

Bibiliya Ijambo ry'imana

34 Nari narahiye Uhoraho Imana y'Abisiraheli, ko bwari gucya nta muntu w'igitsinagabo ukirangwa kwa Nabali. Ariko Uhoraho yambujije kukugirira nabi, kuko wahise unsanganira.”

Faic an caibideil Dèan lethbhreac




1 Samweli 25:34
8 Iomraidhean Croise  

Nyamara, mutegetsi wanjye, ndahiye Uhoraho nawe ubwawe, ko ari Uhoraho ubwe wakubujije kumena amaraso no kwihorera n’ikiganza cyawe. Ndetse abanzi bawe n’abandi bose bashaka kugirira nabi umutegetsi wanjye, na bo barakaba nka Nabali!


Nuko Abigayila agira bwangu, afata imigati magana abiri, impago ebyiri z’impu zuzuye divayi, intama eshanu zitetse neza, ingero eshanu z’ingano zikaranze, amaseri ijana y’imizabibu yumye n’utugati magana abiri tw’imbuto z’umutini, abishyira ku ndogobe,


Nuko bukeye bwaho, Sawuli agabanya abantu mo amatsinda atatu. Binjira mu ngando butari bwacya, bica Abahamoni kugeza ku manywa y’ihangu. Abacitse ku icumu baratatana, ntibongera guhura ukundi.


Yozuwe azamuka ijoro ryose aturutse i Giligali, nuko abagwa gitumo.


Abantu b’i Gibewoni batuma kuri Yozuwe wari mu ngando y’i Giligali, bati «Ntutererane abagaragu bawe; zamuka n'ingoga udukize kandi uturwaneho: dore abami b’Abahemori bose batuye mu Misozi, bishyize hamwe baradutera.»


Imana imusubiriza mu nzozi, igira iti «Nanjye nari nzi ko wabigiranye umutima utaryarya, ni cyo cyatumye nkubuza kuncumuraho. Ni yo mpamvu ntakwemereye kumukoraho.


Imana izabihore Dawudi — ariko cyane cyane izabihore abanzi be — niba, burinze gucya, hari ikintu na kimwe musigiye, ndetse habe n’umwe mu bahungu be!»


Dawudi aza kumenya ko Nabali yapfuye, aravuga ati «Haragasingizwa Uhoraho wamburaniye mu bitutsi byose Nabali yantukaga, kandi akabuza umugaragu we kugira nabi, none Uhoraho akaba yituye Nabali inabi ye.» Dawudi atuma kuri Abigayila, kumubaza ko ashobora kumubera umugore.


Lean sinn:

Sanasan


Sanasan